Inteko Rusange y’Abagize Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yasabye Inteko Ishinga Amategeko y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) kujya yubaha u Rwanda, ikamenya ko rutari insina ngufi buri wese ac...
Abanyarwanda bohereza ikawa ku isoko ry’Uburayi basabwe gukurikiza ingingo y’uko ibiti by’iyo kawa bitagomba kuba byaratewe ahantu hahoze amashyamba agatemwa. Iri bwiriza rijyanye n’ibyo Abanyaburayi ...
Perezida wa Amerika Donald Trump avuga ko ari ngombwa ko Putin yicarana na Zelenskyy bakaganira ku cyakorwa ngo intambara yatangijwe muri Gashyantare, 2022 ihagarare. Ni umuhigo yihaye agomba kugeraho...
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’Ubushinwa Wang Yi ari mu Burayi mu ruzinduko rw’iminsi irindwi azaganiriramo na bagenzi be uko Beijing yarushaho gucuruzanya n’Abanyaburayi. Ababisesengura bavuga ko...
Mu Bufaransa, Espagne, Portugal, Ubutaliyani, Ubudage, Ubwongereza no mu bindi bihugu by’Uburayi haravugwa ubushyuhe budasanzwe bwatumye abaturage cyane cyane abageze mu zabukuru babura amahwemo. Ubus...
Olivier Patrick Nduhungirehe ushinzwe ububanyi n’amahanga muri Guverinoma y’u Rwanda ari i Brussels mu Bubiligi mu nama ihuza abashinzwe ububanyi n’amahanga muri Afurika na bagenzi babo bo mu Burayi. ...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane mu Rwanda , Amb. Olivier Nduhungirehe yabwiye abayobozi b’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi ko u Rwanda rutigeze ruba nyirabayazana w̵...
Ibihugu bigize Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi birateganya gufata amafaranga y’umutungo wahoze ari uw’Uburusiya bwagwatiriye urenze miliyari €200 bikawuha Ukraine. Ababiyobora bavuga ko bizayifasha kw...
Mu Cyumweru gitaha abayobozi bo mu bihugu by’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi barateganya guhurira mu Bufaransa bakigira hamwe uko bakunga ubumwe imbere y’Uburusiya bubanye neza n...
Indege za Air Tanzania zashyizwe ku rutonde rw’indege zitemerewe guca mu kirere cy’ibihugu bigize Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi kubera ko kudashira amakenga umutekano wazo. Urutonde rukumira izo ndege...








