Mu Karere ka Bugesera haravugwa abana b’abakobwa bafite hagati y’imyaka 12 na 16 bakora uburaya. Umuyobozi w’aka Karere Richard Mutabazi yabwiye itangazamakuru ko atari azi iki kibazo, ko kigiye guhag...
Hari abantu batanu bo mu Murenge wa Busasamana mu Karere ka Nyanza batawe muri yombi n’ubugenzacyaha bakekwaho uruhare mu rupfu rw’umukobwa. Bakekwaho kwica uwo mukobwa bamuziza Frw 100 yanze kubagaru...
Abasore babiri bo mu Karere ka Gasabo bemeye ko bishe uwakoraga uburaya bamuziza ko yari yibye umwe muri bo Frw 3,000. Barangije kumwica bamushyira mu mufuka w’ibishingwe. Byabereye mu Mudugudu wa Gis...


