Umunyamabanga wa Leta muri Amerika ushinzwe ingabo Pete Hegseth atangaza ko idosiye ya Iran iri mu biganza bya Lt Gen Erik Kurilla, uyu akaba umusirikare mukuru uyobora Ibiro bishinzwe guhuza ibikorwa...
Perezida Paul Kagame yabwiye abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda ko ibyo Abanyarwanda baciyemo mu myaka 30 ishize byabasigiye amasomo k’uburyo ntawe bazemerera kongera kubapfukamisha. Yakuriye inzir...
Abacuruzi bo mu Rwanda bavuga ko babangamiwe ni uko mu Karere ka Afurika y’Uburasirazuba hagaragara bakwa ruswa, ikaza yiyongera ku mafaranga acibwa imodoka zabo iyo ziciye mu mihanda y’aho kand...
Guverineri w’Intara y’Uburasirazuba Pudence Rubingisa avuga ko ingamba ubuyobozi bwafashe mu guhangana n’inzoga ibarirwa mu biyobyabwenge yitwa Kanyanga zatanze umusaruro ufatika. Hari mu kiganiro yah...
Mu cyumba cy’Inama cy’Intara y’Uburasirazuba habereye Inteko rusange ya 14 y’Inama y’Igihugu y’Abafite Ubumuga. Mu mibare yahatangarijwe, harimo n’umubare w’abantu bafite ubumuga muri buri...
Impungenge ni zose mu bakurikiranira hafi ibibera mu Karere Israel iherereyemo kubera ko hari ibyago by’uko intambara iyihuje na Hamas ishobora kugera no bindi bihugu byo Burasirazuba bwo Hagati. Izo ...
Umunsi wa 17 wa Shampiyona, ikipe ya Rwamagana City FC yakiriye ku kibuga cy’Akarere ka Ngoma, ihatsindira ikipe y’Umujyi wa Kigali AS Kigali igitego 1-0. Yahise iyivana ku mwanya mbere ku rutonde rwa...






