Ababiligi baje mu Rwanda baje gusimbura Abadage. Aba bari bamaze gutsindwa intambara ya kabiri y’isi nk’uko byari byaragenze no mu ya mbere. Mbere y’uko Abakoloni bagera mu Rwanda babanjirijwe n’Abapa...
Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano mboneragihugu yakiriye $100,000 yatanzwe n’ikigo kitwa Liquid Intelligent Technologies azafasha mu gushyira ikoranabuhanga mu nzibutso za Jenoside ya...
Minisiteri y’ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu irashaka gukorana n’izindi nzego mu rwego rwo guha inzibutso za Jenoside yakorewe Abatutsi zo ku rwego rw’igihugu ikoranabuhanga ryerekan...
Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu, Clarisse Munezero avuga ko amateka y’Abanyarwanda yiganjemo ababaje kandi yagize ingaruka kuri bose. Ya...
Padiri Lambert Iraguha ni umwe mu bapadiri bashyizeho uburyo bwo guhuza Abanyarwanda binyuze mu isanamitima. Yabwiye abitabiye inama nyunguranabitekerezo k’ubumwe n’ubudaheranwa by’Abanyarwanda ko ha...
Minisitiri Gasana Alfred ushinzwe umutekano mu Rwanda ubwo yatangizaga ukwezi kwahariwe ubumwe n’ubudaheranwa by’Abanyarwanda yavuze ko kugira ngo ibyo Abanyarwanda bagezeho n’ibyo bateganya kuzagerah...
I Nyanza mu Karere ka Kicukiro mu marembo yinjira ku Rwibutso rwa Jenoside, hatashywe ubusitani bwo kwibuka. Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu, Dr. Jean Damascène Bizimana...
Iyi Minisiteri iri mu zishyizweho mu gito gishize isaba Abanyarwanda gukorana umurava no kwirinda ivangura iryo ari ryo ryose kandi aho ari ho hose. Ikindi ivuga ko gikwiye kuba kimwe mu biranga Abany...
Sheikh Khalifa bin Zayed Al Nahyan wari usanzwe ari Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Abarabu yapfuye afit imyaka 73 y’amavuko. Yabitswe na Minisiteri y’ububanyi n’amahanga mu itangazo yasohoye ryabonyw...
Perezida Paul Kagame yabwiye Abagize Inteko ishinga Amategeko ya Jamaica ko u Rwanda rwiyemeje kuzakorana bya hafi n’igihugu cyabo mu nzego zirimo no gukomeza ubumwe bw’ababituye. Yabivugiye mu ruzind...









