Inteko Rusange y’Abagize Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yasabye Inteko Ishinga Amategeko y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) kujya yubaha u Rwanda, ikamenya ko rutari insina ngufi buri wese ac...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 15,Gashyantare, 2025 nibwo hari butorwe Perezida wa Komisiyo y’Umuryango wa Afurika yunze ubumwe, mu biyayamamaje hakabamo Raila Odinga watanzwe na EAC. Utorwa arasi...
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Jean Damascène Bizimana avuga ko kuva mu mwaka wa 2013 ubwo Itorero ryatangizwaga na Perezida Paul Kagame abantu 559,686 bamaze guto...
Umuhanzi Kodama avuga ko yahisemo kuririmba indirimbo z’ubutumwa bw’amahoro, ubumwe no kuzamura igihugu yiteze ko bizazana inyungu zirambye aho kuririmba ibyo yise ibishegu biririmbwa n’abashaka inyun...
Perezida wa Kenya yatumiye bagenzi be bo mu Muryango w’Afurika y’Uburasirazuba ngo baze mu muhango wo gutangaza ku mugaragaro ko Kenya yemeje Raila Odinga ngo aziyamamarize kuba Perezida wa Komisiyo y...
Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame avuga ko nyuma y’ibyabaye ku Banyarwanda byose Abanyarwanda basanze nta kindi cyakurikiraho kitari ubumwe kugira ngo bube ari bwo ibindi byubakirwaho. Avuga ko nyuma ya ...
Ni ibyemezwa n’abagize Ihuriro ry’Ubumwe n’Ubudaheranwa mu Karere ka Ruhango. Baraye babivugiye mu nama y’Ihuriro ry’Ubumwe n’ubudaheranwa yahuje Inzego zitandukanye zo muri aka Karere. Umukozi ushinz...
Muri Rwanda Day yaraye ibereye i Washington DC, Perezida Kagame yabwiye Abanyarwanda n’inshuti zabo ko u Rwanda rwahuye n’akaga gakomeye karugejeje kuri Jenoside yakorewe Abatutsi; akavuga ko nta munt...
Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu yatangije igikorwa kibanziriza Kwibuka ku nshuro ya 30 cyo gutera ibiti miliyoni 1 cyatangirijwe mu Karere ka Huye. Kub...
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu Dr. Jean Damascène Bizimana avuga ko kuburanisha Abanyarwanda bakoreye bagenzi babo Jenoside binyuze muri Gacaca byarondereje umutungo w’...








