Muri kajugujugu kuri uyu wa Gatandatu Tariki 23, Kanama, 2025 nibwo Perezida wa Congo-Brazzaville Denis Sassou Nguesso yageze i Kinshasa. Itangazamakuru ryo muri Congo-Kinshasa rivuga ko agenzw...
KARONGI: Ibyari byateguwe kandi byishyuwe ku kiguzi kinini n’ababyeyi ngo abana babo bari bagiye gushyingiranwa bakorere ibirori ahantu heza, byaje guhinduka inkuru yajegeje imbuga nkoranyambaga mu mi...
Abantu bari bavuye mu bukwe gusaba bakoreye impanuka ahitwa Chekwatit, muri Kaserem ku muhanda wa Kapchorwa-Mbale abagera kuri 13 barapfa. Toyata Hiace bari barimo yataye icyerekezo irenga umuhanda yi...
Mu Murenge wa Nyankenke mu Karere ka Gicumbi haravugwa umugore wakubise ishoka umugabo we nyuma y’iminsi irindwi bakoze ubukwe. Bari batuye mu Mudugudu wa Gaseke, Akagari ka Kigogo mu Karere ka Gicumb...
Bamwe mu barwariye mu bitaro bya Remera-Rukoma ni abarembejwe n’ibiribwa cyangwa ibinyobwa bafatiye mu rugo rw’abageni bari baje gusurwa n’ababyeyi babo. Imibare itangwa n’inzego zitandukanye ivuga ko...
Mu Buhinde habereye ubukwe bivugwa ko ari bwo bwa mbere buhenze muri Aziya mu mateka ya vuba aha! Ubwo bukwe bwateguwe ku ngengo y’imari ya miliyoni £ 250. Ni ubw’umuhungu w’umukire wa mbere muri Aziy...
Iby’uko uyu muhanzi w’icyamamare mu Burasirazuba bw’Afurika yahagaritse ubukwe yari yaranatangiye gutegurira inkwano byatangajwe na mushiki we witwa Esma Platnumz. Esma yabwiye Wasafi FM ko imiryango ...
Mu Mujyi wa Nineveh muri Iraq habereye ibyago bikomeye by’inkongi yadutse mu bukwe yica abantu 100 barimo umukwe n’umugeni. Imibare y’abaganga ivuga ko abandi bantu 150 bahiye bikomeye kuko ubushye bw...
Polisi ya Nigeria yafunze abantu 100 ibaziza gutaha ubukwe bw’abasore babiri bo muri imwe muri Leta za Nigeria. Ni ubukwe bwabereye muri imwe muri Hoteli zo muri Leta ya Delta. Tweet ivuga ku ifatwa r...
Mu Mudugudu wa Ruhondo, Akagari ka Ruhinga, Umurenge wa Gitesi mu Karere ka Karongi haramutse inkuru y’umusore w’imyaka 21 waraye wiyahuje umuti wica udukoko bita Tsiyoda. Yari avuye gutaha ubukwe. Ab...









