Ikigo kitwa CubeSat cy’abanya Repubulika ya Tcheque kiri gukora icyogajuru cy’u Rwanda kizoherezwa mu kirere mu mwaka wa 2026. Kizaba gishinzwe gukurura amakuru y’ibintu bitandukanye birimo n’ibireba ...
Rees Kinyangi uyobora SONARWA na Aisha Uwamahoro ushinzwe ibaruramutungo muri iki kigo batawe muri yombi n’Urwego rw’Ubugenzacyaha bakurikiranyweho kunyereza miliyoni Frw 117. Ubugenzacyaha bwabwiye ...
Kuba ibiti by’ikawa bishaje bikaba biri gusimbuzwa byagize ingaruka ku musaruro w’iki gihingwa ngengabukungu bituma ibyo u Rwanda rwohereza hanze mu buhinzi bigabanuka biraruhombya. Minisitiri w’imari...
Ukurikije uko Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yaraye abitangarije Imitwe yombi y’Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, ubona ko mu myaka 26 iri imbere ni ukuvuga mu mwaka wa 2050, Umunyarwanda...
Ibi byatangarijwe muri raporo yasohowe n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) ivuga ko ukwezi kwa Nyakanga 2024 kwarangiye bigabanutseho 5.4%. Ni imibare ibarwa ugereranyije n’uko ibyo biciro b...
Perezida Paul Kagame yageze i Bali muri Indonesia mu nama mpuzamahanga ihuza iki gihugu n’iby’Afurika yitwa Indonesia- Africa Summit. Ni inama ibaye ku nshuro ya kabiri. Indonesia ni igihugu gifitanye...
Mu iteka rya Minisitiri w’imari n’igenamigambi riherutse gusohoka handitsemo ko ibimina bigomba kuba byanditswe ku buyobozi bw’Umurenge biherereyemo. Ni gahunda igomba kuba yarangije gushyirwa mu biko...
Umusirikare muto yarashe umuyobora mu gisirikare ufite ipeti rya captaine amurasa amasasu menshi amuziza ko ngo yanyerezaga umushahara we. Uvugwaho kwica umukuriye avuga ko amaze umwaka n’amezi ane a...
Ubuyobozi bwa Banki ya Kigali bwatangaje ko Dr. Uzziel Ndagijimana yagizwe umuyobozi mukuru w’iyi Banki. Ni umwanya asimbuye Beatha Habyarimana wari uherutse kwegura ku mirimo muri iyi Banki ya mbere ...
Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga Jacqueline Kayitare avuga ko aka Karere kari hafi guha isoko uzaba waritsindiye ngo yagure imihanda yo mu Kagari ka Gahogo. Ni Frw 3,791,885,012 zizakoreshwa hagurwa imi...









