Transparency International Rwanda yahishuriye abaje kumva ubushakashatsi iherutse gukora ko Urwego rw’abikorera mu Rwanda ruza ku isonga mu barya ‘ruswa nto’. Uyu muryango wamuritse ubush...
Umunya Nigeria wamamaye mu muziki witwa David Adedeji Adeleke, uzwi nka Davido avuga igihugu cye gikeneye ubuyobozi buhamye bufite intego irambye yo guteza imbere abaturage. Mu kiganiro kitwa Elevate ...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente avuga ko igihe cyo gushyiraho Minisiteri y’itangazamakuru kitaragera kuko hasanzwe hari urundi cyangwa izindi nzego zita kuri uyu mwuga. Yabwiye itangazamakuru...
Kuri uyu wa Gatanu kuri umwe mu myaro yo ku kiyaga cya Kivu ku ruhande rw’Akarere ka Rubavu hazatahwa icyambu kizajya cyakira imizigo ifite uburemere bwa Toni 700,000 mu gihe cy’umwaka. Ni...
Muri ba Ambasaderi Perezida Kagame yaraye yakiriye impapuro zabo zibemerera gukorera mu Rwanda, harimo n’uwa Luxembourg witwa Jeanne Crauser. Aje guhagararira Luxembourg mu Rwanda nyuma y’uko narwo rw...
Abagize urugaga rw’abikorera ku giti cyabo bo mu Rwanda baherutse gutangaza ko bazatanga umusanzu ufatika mu kubaka umuhanda wa gari ya moshi u Rwanda ruteganya kubaka ku bufatanye n’Ubushinwa. Ni umu...
Mu myaka itatu iri imbere mu Karere ka Gakenke hazaterwa ibiti 75,000 ku buso bungana na hegitari 3000. Umwero wabyo uzafasha u Rwanda kongera umusaruro w’avoka rwohereza mu mahanga. Uyu mushinga uzah...
John Rwangombwa uyobora Banki nkuru y’u Rwanda yitabye Sena ngo asobanurire abayigize bimwe mu byo basanze uru rwego rushinzwe ubuzima bw’ifaranga ry’u Rwanda rudatunganya neza. Birimo kuba hari inyan...
Mu rwego rwo gufasha abohereza hanze imbuto n’imboga kubikora neza, ikigo cy’igihugu gishinzwe kohereza hanze ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi, NAEB, na USAID, bahaye bamwe muri bo im...
Ni ikibazo gukurikira ibyavuzwe na Dr. Solange Uwituze ushinzwe ubworozi mu Kigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi, RAB, by’uko mu myaka itatu buri rugo ruzaba rworoye byibu...









