Imibare yatangajwe n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe kohereza hanze ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi, NAEB, yerekana ko ibyo cyohereje hanze hagati y’itariki 05 n’itariki 09, Gicurasi, 2025 ikawa ari yo yaj...
Diomaye Faye uyobora Senegal yabwiye amahanga ko u Rwanda ari igihugu ibindi byo muri Afurika bikwiye kwigiraho mu guha ikoranabuhanga umwanya wa mbere mu bintu byose. Hari mu kiganiro yatangiye mu na...
Hari amasezerano y’imikoranire yasinywe hagati y’ikigo Equity Group n’Ikigega Nyafurika cy’Ingwate (African Guarantee Fund-AGF) yo guha iyi Banki Miliyoni $500 azazamura imishinga mito yo mu Rwanda, D...
Igenamigambi rya Leta y’u Rwanda rivuga ko ingengo y’imari y’u Rwanda mu mwaka wa 2025-2026 izaba Miliyari Frw 7.032,5 ni ukuvuga inyongera ya Miliyari Frw 1.216 ugereranyije n’...
U Rwanda rwoherereje amahanga ibikomoka k’ubuhinzi n’ubworozi byose hamwe bifite agaciro ka $ 8,263,198, byose bikaba bingana na toni 8,909. Iyi mibare ikomatanyije ibintu byoherejwe hanze hagati y’it...
Imibare y’uko ibihingwa u Rwanda rwohereje hanze mu Cyumweru gishize, ni ukuvuga hagati y’itariki 21 na 25, Mata, 2025 yerekana ko icyayi ari cyo kinjirije u Rwanda amadolari($) menshi gikurikirwa n’i...
Aborozi, ababaga, abatunda amatungo n’abatunganya impu bahuriye mu nama bigiramo uko bahuza imbaraga mu kuzamurira impu agaciro. Bemeza ko iyo zititaweho ngo zitunganywe, bibahombya n’igihugu muri rus...
Perezida wa Kenya William Ruto yageze i Beijing mu Bushinwa kuganira n’ubuyobozi bwabwo uko ibihugu byombi bakongera imikoranire mu bukungu n’ahandi. Urwo ruzinduko ruzamara iminsi itanu, abamuhereke...
Massad Boulos usanzwe ari Umujyanama wa Perezida Donald Trump , yaraye aganiriye na Perezida Kagame bagaruka ku bibazo by’umutekano muke mu Burasirazuba no ku mikoranire mu iterambere. Ibiro Village U...
Indonesia, Taiwan na Israel ni bimwe mu bihugu biri kuganira n’ubutegetsi bwa Donald Trump ngo harebwe uko bwagabanya urwego rw’imisoro bwabishyiriyeho. BBC ivuga ko ibihugu 50 ari byo bir...









