Abaturage basanzwe bafite ibyanya bacururizamo mu isoko riri i Rubavu ahitwa Mbugangari mu Murenge wa Gisenyi baraye bakoze ‘igisa’ n’imyigaragambyo bamagana ubuyobozi bw’aka...
Perezida Kagame yaraye ageze mu Birwa bya Barbados nyuma y’uruzinduko rw’iminsi itatu yari amazemo muri Jamaica. Ku rubuga rw’Ibiro bye handitseho ko akigera ku kibuga cy’indege cyitwa Grantley Adams ...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibyoherezwa hanze bikomoka ku bihinzi n’ubworozi, National Agricultural Export Development Board (NAEB), gitangaza ko icyayi n’ikawa u Rwanda rwohereje hanze byarwinjirije U...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere, RDB, gitangaza ko mu mwaka wa 2021 ari bwo imari yashowe mu Rwanda yabaye nini kurusha indi yose yabanje. Ngo ni ikintu cyo kwishimira ko byaba mu gihe igihugu ...
Mu Biro bye Perezida Paul Kagame yakiriye abayobozi bakuru b’Ihuriro mpuzamahanga ry’ibigo by’imari. U Rwanda rwagiye muri iri huriro mu mwaka wa 2020. Ryashyizweho ku bufatanye bw’ibigo by’imari bya ...
Raporo yiswe African Integration Report yasohowe n’Ibiro by’Umuyobozi w’Umuryango w’Afurika yunze ubumwe, yerekana ko mu miryango y’ibihugu by’Afurika byishyize hamwe ngo bitezanye imbere, ibigize EAC...
Mu kiganiro yahaye abanyamakuru kuri uyu wa Gatatu taliki 16, Werurwe, 2022 cyagarukaga ku ngamba Leta y’u Rwanda yafashe mu kuzahura ubukungu, Minisitiri w’intebe yavuze ko Leta y’u Rwanda igiye gush...
Ubuyobozi bukuru bw’u Rwanda bwatorewe kuyobora Ihuriro ry’ibihugu byo mu Karere ruherere mo rigamije iterambere. Ni Ihuriro bita The 8th Africa Regional Forum on Sustainable Development. Rihuriwemo n...
Mu ngoro ya Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo hasinyiwe amasezerano y’ubufatanye burambye hagati ya Turikiya n’iki gihugu kiri mu bikungahaye ku mutungo kamere kurusha ibindi ku isi. Mu ma...
Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yazamuye igipimo cy’inyungu fatizo yayo ho 0.5 maze igera kuri 5 ku ijana, hagamijwe gukumira izamuka ry’ibiciro rikomeje kugaragara ku isoko muri ibi bihe. Iyi nyungu yar...









