Muri iyi minsi hari ibiganiro biri hagati y’u Rwanda na Saudi Arabia bigamije kureba uko iki gihugu cyakwemerera Abanyarwanda kohereza ibicuruzwa byinshi ku isoko ry’aho. Abayobozi ba Saud...
Abibwira ko u Bushinwa bwazibukiriye umugambi wabwo wo kwigarurira Taiwan baba bibeshya. Bitinde bitebuke bizarangira buyigaruriye kuko iyo usomye ukumva imigambi buyifitiye ubona ko bwamaramaje. Imbw...
Ghana ni kimwe mu bihugu by’Afurika bimaze igihe bifite ubuyobozi buhamye kandi buteza imbere abaturage kurusha henshi muri Afurika. Ituwe n’abaturage barengaho gato Miliyoni 31 kandi ifite amabuye y...
Perezida Kagame yitabiriye umuhango wo gusinya amasezerano hagati ya Kaminuza y’u Rwanda na Kaminuza yigisha ikoranabuhanga iri mu zikomeye muri Singapore. Ni Kaminuza yitwa Nanyang Technological Univ...
Minisiteri y’imari n’igenamigambi yatangaje ko ubukungu bw’u Rwanda mu gihembwe cya kabiri cy’umwaka w’imari bwazamutse ku kigero cya 7.5%. Impamvu yabiteye ni uko urwego rwa serivisi n’urwego rw’inga...
Mu gihe bamwe bakeka ko umwuka w’intambara hagati y’u Bushinwa na Taiwan wahosheje, ku rundi ruhande impande zombi zikomeje gukora ibikorwa bamwe bavuga ko bitinde bitebuke bizateza intambara yeruye. ...
Ubunyamabanga bw’Umuryango w’Ibihugu by’Afurika byijemeje guhahirana, AfCFTA, bwaraye butangaje ko u Rwanda ruri mu bihugu bitandatu byatoranyijwe ngo bizakorerwemo igerageza ry’umusaruro uzatangwa n’...
Luxembourg ni igihugu gito kiri rwagati mu Burayi. Ni gito mu buso kuko gifite ubuso bwa kilometero kare 2,586. Ibi bituma Luxembourg iba ari cyo gihugu gito mu bindi byose bigize u Burayi. Muri uyu m...
Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yayoboye Inama yahuje inshuti z’Afurika yabereye i Davos mu Busuwisi. Ni imwe mu nama ziri kubera muri kiriya gihugu zahuje abayobozi bakuru b’ibihugu, ab’ibigo by’ubucu...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente avuga ko imibare itangwa na Minisiteri y’imari n’ingenamigambi ndetse n’izindi nzego z’ubukungu bw’u Rwanda yerekana ko ubukungu bwarwo mu mwaka wa 2022 buzazam...









