Abanyarwanda b’abahanga mu ikoranabuhanga batangaje ko bakoze uburyo umunani bw’ikoranabuhanga(applications) buzafasha ba rwiyemezamirimo, ababyeyi bafite abana biga, n’abandi…gukurikirana ibikorwa by...
Mu kiganiro Guverineri wa Banki nkuru y’u Rwanda yahaye itangazamakuru ku byerekeye ubuzima bw’ifaranga buhagaze mu ntangiriro z’umwaka wa 2023, John Rwangombwa yavuze ko imibare yerekana ko ibiciro b...
Minisitiri w’intebe Dr. Edouard Ngirente yabwiye abayobozi bitabiriye Inama mpuzamahanga yiga ku miyoborere Ebonee yabereye i Dubai muri Leta zunze ubumwe z’Abarabu ko u Rwanda rwahisemo kwifashisha i...
Kuri uyu wa Gatandatu taliki 11, Gashyantare, 2023 ku Kanyaru hahuriye abayobozi b’u Burundi n’ab’u Rwanda baganira ku ngingo zitandukanye zirimo n’ubufatanye mu by’ubukungu. Hashize igihe kirekire u ...
Ba rwiyemezamirimo bo muri Roumania baje kubwira abo mu Rwanda ibyo bateyemo imbere bijyanye no kubaka ibikorwaremezo bikomeye, kandi birengera ibidukikije uko bishooka. Ni ikiganiro kiba kigamije gu...
Minisitiri w’Intebe wa Guverinoma y’inzibacyuho wa Burkina Faso witwa Apollinaire Kyelem de Tambela yasabye mugenzi we wa Mali kurebera hamwe uko ibihugu byombi byakwihuza bigakora igihugu kimwe. Avug...
Mbere ya Jenoside yakorewe Abatutsi u Rwanda hari ibyo rwari rwaragezeho. Hari imihanda ya kaburimbo yari ihari, imiturirwa, ibibuga by’umupira w’amaguru, amashuri n’ibindi. Uwavuga ko nta terambere ...
Ku minsi we wa kabiri w’uruzinduko arimo mu Rwanda, Umuyobozi mukuru w’Ikigega mpuzamahanga cy’imari Kristalina Georgieva yaganiriye n’Abanyarwanda bafite imishinga irengera ibidukikije. Ibi biganiro ...
Ni imibare yatangajwe na Banki Nyafurika y’iterambere, AfDB. Abahanga b’iyo banki bongeraho ko iyo basuzumye basanga mu mwaka wa 2024 ubukungu bw’u Rwanda buzazamuka ku kigero cya 8.1%. Hagati aho Min...
Amakuru aturuka mu Biro by’Umukuru wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo biri ahitwa Gombe avuga ko umwe mu bajyanama bakomeye ba Perezida Tshisekedi wari ushinzwe kumuhuza na mugenzi we Paul Kagame uy...









