Perezida Paul Kagame yaraye yakiriye mu Biro bye intumwa ya Guverinoma y’Ubwongereza ishinzwe ubucuruzi n’ishoramari yitwa Lord Popat baganira uko ibihugu byombi byakongera imbaraga mu buhahirane n’ub...
Mu gihe ku isi hanugwanugwa ko hari gutekerezwa uko hagakoreshwa irindi faranga mpuzamahanga ryasimbura idolari, Guverineri wungirije wa Banki nkuru y’u Rwanda Soraya Hakuziyaremye avuga ko u Rwanda r...
Imibare yatangajwe n’Ikigo cy’ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) yerekana ko ibiciro ku isoko mu mijyi byiyongereyeho 17,8% muri Mata 2023, kikabibara kigereranyije n’uko byari bimeze muri uko kwezi m...
Ingengo y’imari u Rwanda ruteganya kuzageraho mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2023/2024 ni Miliyari 5,030, ni ukuvuga inyongera ya Miliyari Frw 265.3 ingana na 6% ugereranyije n’iy’umwaka wa 2022/2023. ...
Mu mpera z’Icyumweru cyarangiye taliki 08, Mata, 2023 mu Murenge wa Ruhango mu Karere ka Rutsiro hafatiwe umusore wari ufite amafaranga Frw 30,000 y’amiganano. Bikekwa ko ayakora cyangwa akaba akorana...
Ibihugu Bya G7 byari bisanzwe biyobora isi mu rwego rw’ubukungu biri kuvanwa kuri uyu mwanya n’ibigize irindi tsinda bita BRICS. Umutungo w’abaturage b’u Bushinwa, Brazil, u Burusiya, u Buhinde n’Afur...
Mu gihe ibiciro by’ibikomoka kuri Petelori byagabanutse, ku rundi ruhande iby’ibicuruzwa ku isoko byo bikomeje kuzamuka. Ikigo gishinzwe ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) kivuga ko muri Werurwe, 2023 ...
Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yavuze ko Abanyaburayi bagomba kureka gukomeza gutegera amaboko Abanyamerika kuko bituma biteranya n’u Bushinwa kandi nta cyizere cy’uko Abanyamerika bazakomeza ...
Umuhanga mu by’ubukungu w’Umunyarwanda witwa Teddy Kaberuka yabwiye Taarifa ko n’ubwo ibiciro by’ibikomoka kuri petelori biri kugabanuka nk’uko RURA imaze kubitangaza inshuro ebyiri, bitavuze ko ibici...
Iyi Banki y’ubucuruzi yatangaje ko mu mwaka wa 2022 yinjije miliyari Frw 42,4 bingana n’izamuka rya 27% ugereranyije n’uko byari bimeze mu mwaka wa 2021. Iyo nyungu yayikuye muri serivisi yatanze uger...









