Umuyobozi w’Ishami rishinzwe kurwanya ibyaha bimunga ubukungu muri RIB witwa Banyundo Dieudonné yakiriye kandi aganira n’itsinda ryo muri Mali ku bunararibonye bw’u Rwanda mu gutahura, gukumira no kug...
Umuyobozi w’Ikigo cy’igihugu cy’ubucukuzi bwa mine na gazi, RMB, Amb.Yemima Karitanyi yatangije ku mugaragaro ibikorwa byo gushaka ahantu hose haba hari ibuye rya lithium mu Karere ka Rwamagana. Ubu b...
Itsinda riyobowe na Minisitiri wa Qatar ushinzwe ikoranabuhanga n’itumanaho ryahuye na mugenzi we wo mu Rwanda basinya amasezerano y’ubufatanye hagati ya Kigali na Doha mu by’ikoranabuhanga. Minisitir...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubucukuzi, mine na gazi gitangaza ko mezi atatu ashize( Nyakanga-Nzeri)mu mabuye yose u Rwanda rwohereje hanze, zahabu ari yo yarwinjirije amafaranga menshi. Muri Nyakanga...
Umuyobozi w’imwe muri Banki zikomeye ku isi yitwa JP Morgan yo muri Amerika witwa Jamie Dimon avuga ko intambara iherutse kwaduka hagati ya Israel na Hamas izasonga ubukungu bw’isi bwari busanzwe bara...
Umunyamerika witwa Peter Greenberg uri mu nshuti z’u Rwanda zikomeye ari mu Rwanda aho ari gutegura ikiganiro yise Global Travel Updates. Muri Mata, 2018 Greenberg yaje mu Rwanda akorana filimi mbaran...
Ibiro bya Minisitiri w’Intebe byasohoye itangazo rihagarika mu nshingano Dr. Patrick Hitayezu wari ushinzwe Politiki y’ubukungu( Chief Economist) muri Minisiteri y’imari n’igenamigambi kubera imyitwar...
Itsinda ry’abakozi bo mu Kigega mpuzamahanga cy’imari bavuga ko ubukungu bw’u Rwanda buri kuzamuka neza kuko ubu buri ku kigero cya 6.3% mu gihembwe cya kabiri cy’umwaka wa 2023. N’ubwo bimeze gutyo, ...
Abanyarwanda barasabwa kumenya ko ‘akabando k’iminsi ari umurimo’ ariko nanone ko ‘ugaca kare ukakabika kure.’ Ni inama ikubiyemo byinshi birimo no kwizigamira kugira ngo agafaranga kazakugoboke mu m...
Ikibazo cy’amadolari($) make ku isoko ry’ivunjisha ry’u Rwanda cyafashe intera ndende k’uburyo hari bamwe mu bayavunjaga bayimana ariko nabo bakavuga ko ntayo bafite. Icyakora Banki nkuru y’igihugu yo...









