Ikigega mpuzamahanga cy’imari gitangaza ko amakuru y’ubukungu avuga ko Kenya iri kugira ubutunzi buruta ubwa Angola, ikazaba iya kane mu bukungu nyuma ya Afurika y’Epfo, Nigeria na E...
Intambara ikomeje gututumba hagati ya Iran na Israel yatumye abacukura essence bagira amakenga y’uko isoko ryayo ryabura batangira kuyibika none yazamuye ibiciro ku isoko mpuzamahanga. Si essenc...
Tomsk University ni Kaminuza yo mu Burusiya yasinyanye amasezerano n’Ikigo nyarwanda gishinzwe ingufu za kirimbuzi, Rwanda Atomic Energy Board ngo izagifashe muri byinshi birimo n’ubushakashatsi mu by...
Vincent Munyeshyaka uyobora Ikigega gishinzwe guteza imbere imishinga mito n’iciriritse avuga ko mu myaka imaze ikora imaze guha abantu inkunga ingana na Miliyari Frw 100, iyo mishinga ibarirwa mu bih...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro, RRA, cyahuye n’abacuruzi batumije umuceri muri Tanzania umwinshi upimwe basanga bwarapfuye. Hari hinjiye amakamyo 26, ariko atatu yonyine niyo yagaragaye ...
Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare cyatangaje ko imibare cyakoze ku izamuka ry’ubukungu bw’u Rwanda yerekana ko mu gihembwe cya gatatu cy’umwaka w’ingengo y’imari ryageze ku 8.2%. Nk’uko bimaze igih...
Zimwe mu nama Banki y’isi yaraye ihaye Guverinomaa y’u Rwanda nyuma yo gutangaza raporo ku miterere y’ubukungu bwarwo, zivuga ko ikwiye kureka ishoramari ryinshi rigakorwa n’abikorera ku giti cyabo. N...
Bwa mbere mu mateka y’ubukungu bw’u Rwanda, amabuye y’agaciro yarwinjirije miliyari $1.1 mu gihe cy’umwaka(2023). Imibare itangwa n’ikigo cy’igihugu gishinzwe Mines, gazi na petelori ivuga ko mu mwaka...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente avuga ko ubukungu bw’u Rwanda bwa nyuma ya COVID-19 bwihagazeho. Imibare yahaye abagize Inteko ishinga amategeko, imitwe yombi, igaragaza ko guhera mu mwaka w...
Nyuma yo kubona ko hari amafaranga menshi igihugu cyakoresheje muri Mutarama, 2024 yari yarateganyijwe mu ngengo y’imari ya 2023/2024, byabaye ngombwa ko Minisiteri y’imari n’igenamigambi yongeraho an...









