Ikigo Zipline gifite icyicaro gikuru muri Amerika cyatangaje ko ishami ryacyo ryo mu Rwanda rigiye gutangiza gahunda yo kugeza ibicuruzwa mu ngo z’abaturage cyanecyane abo mu mijyi. Ibyo bicuruzwa ni ...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe kugenzura imirimo imwe n’imwe ifitiye igihugu akamaro kurusha indi, RURA, cyatangaje ko guhera kuri uyu wa Gatandatu Tariki 06, Nzeri, 2025 kugeza mu mezi abiri ari imbere, ...
Abanyarwanda bohereza ikawa ku isoko ry’Uburayi basabwe gukurikiza ingingo y’uko ibiti by’iyo kawa bitagomba kuba byaratewe ahantu hahoze amashyamba agatemwa. Iri bwiriza rijyanye n’ibyo Abanyaburayi ...
Ubuyobozi bukuru bwa Banki Nkuru y’u Rwanda bwatangaje ko gukoresha amadovize mu buryo bwo kwishyurana mu batabyemerewe bizacika burundu mu gihe cy’amezi atandatu. Hari abantu benshi bavugwaho kwishyu...
Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro, kuri uyu wa Gatanu tariki 15, Kanama, 2025 cyatanze Miliyoni Frw 464 y’ishimwe ku baguzi 40,905 basabye fagitire za EBM ku bicuruzwa na serivisi bicibwaho umusoro ku nyonge...
Ahagana saa kumi z’umugoroba kuri uyu wa Kane, umanuka mbere y’uko ugera ahari Icyanya cy’inganda cya Musanze, hari hari umutekano ‘udasanzwe’. Byaje kumenyekana ko burya...
Guverinoma y’u Rwanda itangaza ko k’ubufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe iterambere, UNFPA, hashyizweho Ikigega kizaha urubyiruko inguzanyo nta ngwate. ...
Nyuma y’iminsi mike mu Murenge wa Miyove mu Karere ka Gicumbi hafatiwe abantu bakurikinyweho gucukura zahabu mu buryo budakurikije amategeko, ubu abandi barindwi bafatiwe i Rulindo mu Murenge wa Rukoz...
Kigali: Minisitiri Amb. Olivier Patrick Nduhungirehe na mugenzi we ushinzwe ububanyi n’amahanga wa Zimbabwe Prof Dr. Amon Murwira bahagaririye isinywa ry’amasezerano atanu aje gukomeza imikoranire isa...
Abayobozi bakuru b’ibigo by’Imari N’Imigabane byo muri Afurika bazahurira mu Rwanda mu nama bazigiramo aho uru rwego rugeze ruteza imbere abarugannye. Ni Inama izaba Tariki 26, Ugush...









