Ruhagarariwe na Minisiteri y’uburezi, u Rwanda rwasinyanye amasezerano n’Ikigo cyo mu Busuwisi cyigisha ibijyanye n’Ubukerarugendo yo kubaka ishuri rikomeye ryibwigisha. Icyo kigo kitwa School Hospit...
Perezida Paul Kagame avuga ko uko abantu babona u Rwanda rw’ubu bishingiye ku mahitamo rwagize mu myaka iri hafi kuba 30. Yabivugiye mu Nama mpuzamahanga iri kubera mu Rwanda yiga ku bukerarugendo yi...
Urwego rw’igihugu rw’Iterambere, RDB, rwaraye rugiranye amasezerano n’Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika ari mo ingingo y’uko ku myambaro y’amakipe azakira imikino ya Africa Football...
Umuyobozi wa Akarere ka Ruhango Valens Habarurema avuga ko abavuga ko kuba ubuyobozi bw’aka Karere bwarahaye Kaminuza y’ubukerarugando, UTB, inyubako zo gukoreramo ku buntu kandi mu gihe kirekire bish...
Muri imwe muri Hotel zo mu Mujyi wa Kigali, haraye habereye inama yatangirijwemo gahunda yo gukomeza gutyaza ubumenyi bw’abize amahoteli n’ubukerarugendo kugira ngo bazihangire imirimo cyangwa babe ab...
U Rwanda rwasinyanye na Paris Saint Germain andi masezerano y’imikoranire yo kwamamaza ibyiza byarwo mu mahanga binyuze muri gahunda ya Visit Rwanda. Ni gahunda izarangira mu mwaka wa 2025. Ni ubufata...
Raporo ngarukamwaka y’ikigo cy’igihugu cyiterambere, RDB, ivuga ko mu mwaka wa 2022/2023, amadovize u Rwanda rwakuye mu bukerarugendo yiyongereye ku gipimo cya 171.3%. Mu mwaka wa 2021, ubukerarugend...
Michaella Rugwizangoga ushinzwe ishami ry’ubukerarugendo mu Kigo cy’igihugu cy’iterambere, RDB, avuga ko gukorana bya hafi hagati y’ibihugu by’Afurika byayigirira akamaro no mu bukerarugendo. Ni bimwe...
Ubuyobozi bwa MasterCard Foundation mu Rwanda buvuga ko mu mishinga ba rwiyemezamirimo bo mu Rwanda bakora, harimo n’uwo imaze igihe ibafashamo, uwo ukaba ari ukubakira ubushobozi mu nzego zirimo n’...
Ubwo yakiraga mugenzi we uyobora Guinea Bissau uri mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi itatu, Perezida Kagame yamubwiye ko u Rwanda rwifuza gukomeza ubufatanye rufitanye na Guinea Bissau mu nzego z’ubure...









