Ibarura Rusange ro mu mwaka wa 2022, rigaragaza ko abakozi bo mu rugo bangana na 3,9% by’Abanyarwanda bose bafite akazi. Iri barura rigaragaza abakozi bo mu rugo nk’ikindi cyiciro cy’Abanyarwanda ‘ba...
Umuhanzi w’umunya Côte d’Ivoire Alpha Blondy wamamaye ku isi mu njyana ya Reggae yabwiye TV 5 Monde ko ibibazo Afurika ifite ahanini byakuriwe n’Abanyaburayi, by’umwihariko Abafaransa. Blondy abivuze ...
Umunyeshuri wiga muri Kayonza Modern School iri mu Murenge wa Nyamirama mu Karere ka Kayonza witwa Promesse Iradukunda avuga ko imwe mu mpamvu zituma abakobwa bato batwara inda cyangwa bakanduzwa indw...
Umuhanga mu bukungu akaba na Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr. Edouard Ngirente avuga ko kuba hari ibihugu byahoze bikennye nyuma bikaza gukira ari ikimenyetso ko n’ibikennye muri iki gihe bishobora ...
Minisitiri w’Intebe Dr. Ngirente ari muri Qatar aho azitabira inama ya gatnu y’Umuryango w’Abibumbye yiga ku ngamba zo kurwanya ubukene. Ni inama izibanda ku ngamba zafatwa mu kugabanya umubare w’abak...
Raporo ivuga uko ubukene buhagaze mu Banyarwanda, itangaza ko kugeza n’ubu Abanyarwanda batunzwe n’isuka ari bo bugarijwe n’ubukene. Bangana na 42% by’abakene bose u Rwanda rufite. Ikibazo gikomeye ...
Abaturage ba Ghana baramukiye mu mihanda yo mu Murwa mukuru Accra basaba ko Perezida Akufo-Addo yegura. Baramushinja kunanirwa gushyira ubukungu bw’igihugu ku murongo none ibiciro byaratumbagiye. Ifar...
Buri mwaka taliki 17, Ukwakira, isi izirikana umunsi wiswe uwo kurandura ubukene mu bantu. Inshinga ‘kurandura’ ubwayo ivuze ikintu kinini. Ivuze ko ikirandurwa kigomba kuba cyarashinze imizi. Ubiger...
Igihugu kitirwa Intwari Nelson Mandela ari cyo Afurika y’Epfo gifite undi mwihariko ariko udashamaje. Ni cyo gihugu cya mbere ku isi kirimo ubusumbane mu mibereho y’abantu kurusha ibindi. 80% by’umutu...








