Abakiri bato m Burundi bugarijwe n’ikiyobyabwenge bise Boost kivangavanzemo ibinyabutabire nka Cocaine n’ibindi. Uretse abana bafite guhera ku myaka 16, iki kiyobyabwenge kiri no mu bakuru. Muri abo b...
Intumwa idasanzwe y’Umuryango w’Abibumbye ishinzwe kugenzura ubukene n’uburenganzira bwa muntu witwa Olivier De Schutter ari mu Rwanda mu nshingano zo kugenzura uko ubukene buhagaze mu baturage. Ku ru...
Valérie Mukabayire abinyujije mu kigo Progetto Rwanda ahagarariye mu Rwanda avuga ko iyo abakoraga uburaya cyangwa bacuruza agataro bahawe imibereho, izo ngeso mbi bazireka. Uyu mubyeyi yamaze igihe k...
Urugomo muri Kenya ruri gufata indi ntera nyuma y’uko ubuzima burushijeho guhenda muri iki gihugu cya mbere gikize muri Afurika y’Uburasirazuba. Imibare yerekana ko ari bwo bwa mbere muri ...
Umubare munini w’abatuye isi ni abakene. Kubona icyo barya gihagije kandi bakakibona inshuro eshatu ku munsi nk’uko bisabwa n’abize iby’imirire ni ingorabahazi kuri benshi. Si ibyo kurya gusa bibura a...
Mu gihe runaka kiri imbere, Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC), irateganya kuzamurikira rubanda urubuga rw’ikoranabuhanga ruzajya rukoreshwa mu kumenya abaturage bakeneye inkunga. Ni mu rweg...
Nyuma y’inkuru yavugaga ko umuyobozi w’ibitaro bya Nyabikenke mu Karere ka Muhanga ataboneka mu kazi kandi ntagire uwo asigira inshingano, ubu abashinzwe isuku muri ibi bitaro barataka ko bahembwa Fr...
Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda Brig Gen Ronald Rwivanga avuga ko mu mikorere yazo harimo no gukumira ko ibibazo by’imibereho mibi biba intandaro y’amakimbirane avamo n’intambara. Ngo niyo mpamvu aho zi...
Umugereki witwa Petros Koukouras utoza Ikipe ya Kiyovu ashima abakinnyi be ko bihangana bagakina n’ubwo ubukene bubamereye nabi ku buryo hari bamwe basohorwa mu nzu kubera kubura ubwishyu. Ibibazo byu...
Umunyabwenge yigeze kuvuga ko amafaranga yose umuntu yaba atunze ashobora gushira. Avuga ko iyo ufashe amafaranga ukayarya ariko ntuhite ubona andi aruta ubwinshi ayo wariye ngo azibe icyo cyuho, bury...









