Kazungu Denis watawe muri yombi muri Nzeri 2023 ubwo abagenzacyaha bavumburaga umwobo yatabyemo imirambo y’abo yemera ko yishe, akaza no kubihamwa mu rukiko yatangaje ko azajuririra igihano cya burund...
Amakuru agera kuri Taarifa aremeza ko Laurent Bucyibaruta wari warakatiwe gufungwa imyaka 20 kubera uruhare yagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi aremeza ko yapfuye. Uyu mugabo yavutse mu mwaka wa 19...
Umunyamakuru wigenga Nkundineza Jean Paul ukurikiranyweho gutukana mu ruhame, guhohotera uwatanze amakuru ku byaha no gutangaza amakuru y’ibihuha yitabye urukiko mu bujurire ku ifunga n’if...
Edouard Bamporiki wigeze kuba Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’umuco, kuri uyu wa mbere Taliki 19, Ukuboza, 2022 yitabye Urukiko rukuru kugira ngo aburane mu bujurire yatanze ku byaha yahamijwe...
Inteko iburanisha y’Urukiko rw’Ubujurire yaburanishaga urubanza ubushinjacyaha rwajuririye bushaka ko igifungo cy’imyaka 25 Paul Rusesabagina yahamijwe n’Urukiko rukuru, nayo yemeje ko icyo gihano cya...
Nyuma yo kumva ubujurire bw’ababuranira Paul Rusesabagina n’abo barenganwa harimo na Callixte Nsabimana wiyise Sankara, kuri uyu wa Mbere taliki 21, Werurwe, 2022, Urukiko rw’ubujurire ruratangaza im...
Umuryango wa Paul Rusesabagina wakatiwe gufungwa imyaka 25 wavuze ko atazitabira urubanza rwe mu bujurire, biteganywa ko ruzatangira ku wa Mbere tariki 17 Mutarama 2022. Ni ubujurire bwatanzwe n’Ubush...
Ubushinjacyaha bwajuririye urubanza Urukiko Rukuru rwahamijemo ibyaha Niyonsenga Dieudonné wamenyekanye nka Cyuma Hassan ufite umuyoboro wa YouTube witwa Ishema TV, uheruka gukatirwa gufungwa imyaka i...







