Nyuma y’iminsi batazi irengero rya Gatanazi Havugimana, baje gusagna umurambo we mu bwiherero buri mu Mudugudu uturanye n’uwo yari atuyemo. Uyu mugabo w’imyaka 34 y’amavuko yari asanzwe abana na mushi...
Mu Mudugudu wa Byemveni( Bienvenue), Akagari ka Gisanga, Umurenge wa Mbuye mu Karere ka Ruhango haravugwa abasore batatu Polisi iherutse gufata ibakekaho gusambanya umugore w’imyaka 58 nyuma yo kumwib...
Kuri Station ya RIB mu Murenge wa Muhura mu Karere ka Gatsibo hafungiye umuzamu n’undi mugabo ushinzwe gutekerera abiga mu ishuri ribanza rya Rumuli, Umurenge wa Muhura bakurikiranyweho kwiba ibilo 26...
Ubwo hatangizwaga umwaka wahariwe ubucamanza, ubuyobozi bukuru mu bucamanza bw’u Rwanda bwatangaje ko ubujura ari bwo bwa mbere butera Abanyarwanda benshi kujya muri za gereza. Ibindi byaha bikorerwa ...
Ubugenzacyaha buvuga ko abantu barindwi iherutse gufata bashaka kwiba miliyoni Frw 100, abakozi b’uru rwego bari bamaze iminsi babagenda runono. Kuri uyu wa Kane nibwo yeretse itangazamakuru batandatu...
Urugomo muri Kenya ruri gufata indi ntera nyuma y’uko ubuzima burushijeho guhenda muri iki gihugu cya mbere gikize muri Afurika y’Uburasirazuba. Imibare yerekana ko ari bwo bwa mbere muri ...
Semana Ishimwe Kevin uzwi nka Ish Kevin mu buhanzi avuga ko agiye kujyana mu butabera ibinyamakuru byanditse ko asangira ibyibano n’amabandi. Yavuze ko abo bafashwe bakamuvuga, ntaho ahuriye nabo. Ubw...
Urwego rw’Ubugenzacyaha rwafashe bamwe mu basore bakurikiranyweho gushikuza abantu amasakoshi. Bafatiwe mu bikorwa bitandukanye byo kubahiga byabereye hirya no hino mu Rwanda. Abagize ako gatsiko bavu...
Kubera ubujura, hari abaturage bo mu Mudugudu wa Cana, Akagari ka Musamo, Umurenge wa Ruhango bavuga ko ubujura bw’imyaka buri gutuma basarura imyaka iteze. Abajura barandura imyumbati, ibishyimbo n’a...
Abafashwe ni abasore babiri bafite imyaka 19 y’amavuko na mugenzi wabo w’imyaka 18. Bafashwe kuri uyu wa Kabiri taliki 20, Kamena, 2023, bafatirwa mu Mudugudu wa Nyarusange, Akagari ka Remera mu Muren...









