Binyuze mu itangazo rikubiyemo ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri iherutse guteranira mu Biro bya Perezida, Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo yavuze ko hari amakuru y’uko M23 iri kwitegur...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Olivier Patrick Nduhungirehe avuga ko kuba DRC yaritambitse ko u Rwanda ruhabwa ubuyobozi bw’umuryango wa CEEAC yitwaje ko rwayitey...
Inama yabaye tariki 08, Gashyantare, 2025 igahuriza hamwe Abakuru b’ibihugu bya SADC na EAC niyo ntandaro yo kwemeza ko Uhuru Kenyatta wahoze uyobora Kenya, Olusegun Obasanjo wayoboye Nigeria na Haile...
Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika Donald Trump yavuze ko ikibazo cy’umutekano muke muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo gikomeye ariko yirinda kugira byinshi akivugaho. Yasubizaga umunyamakuru...
João Lourenço uyobora Angola aherutse gutekerereza Perezida wa Mauritania, akaba na Perezida w’Afurika Yunze ubumwe, witwa Mohamed Ould Cheikh El Ghazouani aho agejeje ubuhuza akora hagati ya Kigali n...
Ibi ni ibyagarutsweho n’abakora mu rwego rw’ubutabera mu Rwanda bari bamaze amezi atatu bahugurirwa ku kamaro k’ubuhuza n’uburyo bwakorwa kinyamwuga. Ayo mahugurwa yahuje abakora mu buganzacyaha, abas...
Inzego z’ubutabera mu Rwanda zivuga ko akamaro k’ubuhuza mu manza Abanyarwanda baburana, harimo no kuzigama amafaranga yari buzakoreshwe mu manza kuva zitangiye kugeza zirangiye. Imibare itangazwa n’U...
Mu gihe cy’ibiganiro birambuye hagati y’abitabiriye Inama ya Transparency International Rwanda n’abandi bafatanyabikorwa, uwari uhagarariye Urwego rw’Umuvunyi yabajije impamvu Umuryango Transparency I...







