Ubwo mu Karere ka Kayonza haberaga umuhango wo kwizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe umuhinzi, abahinzi b’aho basabye Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi n’Ikigo kita ku buhinzi kurinda ko amasaka, ubur...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ubushakashatsi mu nganda, National Industrial Research and Development Agency (NIRDA), cyahembye abanyeshuri bahize abandi mu kongerera agaciro ibikomoka ku bu...
Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare cyatangaje ko mu gihe inzego nyinshi z’ubukungu ziri kuzamuka mu musaruro, ubuhinzi bw’ibihingwa ngandurarugo bukomeje kudindira. Imibare iki kigo cyasohoye kuri u...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente avuga ko umusaruro uhagije mu buhinzi n’ubworozi ufasha abantu kugubwa neza mu mubiri, bityo Abakirisitu n’abandi Banyarwanda muri rusange bakagira roho nzima ...
Amabwiriza yaraye asohowe na Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi avuga ko Leta y’u Rwanda ishaka ko abatunganya ikawa bose bayoza k’uburyo iba nziza ku kigero kirenze 80%. Uzashaka kuyitunganya k’uburyo ...
Perezida Paul Kagame yaraye yakiriye mu Biro bye abayobozi mu kigo cy’Abadage gikora imodoka kitwa Volkswagen baganira ku mishinga gifite mu Rwanda irimo no kubaka ikigo gikora imashini zihinga kandi...
Umunyarwandakazi Dr. Agnes Matilda Kalibata usanzwe uyobora Ikigo nyafurika gishinzwe iterambere ry’ubuhinzi, AGRA, yatorewe kujya muri Komite ngishwanama y’Abagize Akanama mpuzamahanga gaharanira ko ...
U Rwanda ni igihugu kidakora ku nyanja kandi kitagira amabuye y’agaciro menshi cyane nk’uko bimeze ahandi. Gifite imisozi, ibibaya n’ibisiza kandi aho hose hari inzuzi n’imigezi ndetse n’ibiyaga bikik...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yaraye abwiye abagize Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda ko muri rusange ubuhinzi n’ubworozi bihagaze neza mu Rwanda. Ingano y’umusaruro w’ibikomoka ku buhinz...
Umunyarwandakazi uyobora Ikigo nyafurika gishinzwe iterambere ry’ubuhinzi, Dr.Agnes Kalibata avuga ko ku isi ubushake bwa Politiki bwo guteza imbere ubuhinzi buhari, ariko ishoramari ribushyirwamo ari...









