Kuri X, Dr Patrick Karangwa yatangaje ko mu mirima imwe n’imwe mu Rwanda hari kugaragara icyonnyi bita Nkongwa IDASANZWE. Ni icyonnyi gifife ubushobozi bwo kona imyaka kikayitsemba 100%. Mu butumwa bw...
Leta y’u Rwanda n’Ishami ry’Umuryango w’abibumbye ryita ku biribwa baraye bizihirije mu Murenge wa Murundi mu Karere ka Kayonza umunsi mpuzamahanga wahariwe ibiribwa. Abo muri uyu Murenge bavuga ko n...
Ambasaderi wa Israel mu Rwanda Einat Weiss yahuye n’abakora mu buhinzi birimo n’ababwigiye mu gihugu cye, baganira aho babona iki gihugu cyakomeza gushyira imbaraga mu gufasha u Rwanda mu guteza imber...
Ambasaderi wa Koreya y’Epfo mu Rwanda Jeong Woojin avuga ko umubano w’u Rwanda na Koreya y’Epfo umaze igihe kandi ukomeje kwaguka. Yabivugiye mu muhango wo kwishimira uko umubano hagati ya Kigali na S...
Mu gihe isi yizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe umugore wo mu cyaro buri taliki 15, Ukwakira, buri mwaka, kuri iyi nshuro Umuryango w’Abibumbye warangaje ko bikigoye ko umugore agira ubwisanzure ku ...
Imibare yatangajwe n’Ikigo k’ibarurishamibere ivuga ko muri rusange ubukungu bw’u Rwanda buzamuka kuko ugereranyije n’uko byari bihagaze mu gihembwe cya kabiri cy’umwaka w’imari w’umwaka ushize, ubu b...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi, Eric Rwigamba yabwiye abanyeshuri 84 barangije itorero ryabereye mu Ishuri rikuru ryigisha ubuhinzi n’ubworozi bibungabunga ibidukiki...
Einat Weiss uherutse kugirwa Ambasaderi wa Israel mu Rwanda yasuye ikigo igihugu cye gifatanyamo n’u Rwanda mu guteza imbere ubuhinzi kiri ku Umurindi wa Kanombe mu Karere ka Kicukiro. Itsinda ryaturu...
Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yasabye abarangije kuri Kaminuza yigisha iby’ubuhinzi barangije amasomo yabo mu Karere ka Bugesera kuzakoresha ubwo bumenyi bavugurura ubw’Afurika. Avuga ko ubuhinzi bug...
Ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye imurikagurisha mpuzamahanga ry’ibikomoka ku buhinzi, Minisitiri w’imari n’igenamigambi Dr. Uzziel Ndagijimana yabwiye abahinzi b’Abanyarwanda ko kwigira kuri bagenzi...









