Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare cyatangaje ko imibare cyakoze ku izamuka ry’ubukungu bw’u Rwanda yerekana ko mu gihembwe cya gatatu cy’umwaka w’ingengo y’imari ryageze ku 8.2%. Nk’uko bimaze igih...
Minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi Dr. Ildephonse Musafiri yatangaje ko Guverinoma igiye guhagurukira abadahinga ubutaka bwabo. Avuga ko bidindiza umusaruro w’ubuhinzi, akungamo ko abatazabuhinga muri i...
Perezida Paul Kagame yaraye i Doha muri Qatar mu ruzinduko rw’akazi aho yaganiriye n’umwami w’iki gihugu uko u Rwanda na Qatar bakomeza gukorana mu nzego zirimo no kwakira abashyitsi. U Rwanda rusanzw...
Minisitiri Dr Musafiri Ildephonse ushinzwe ubuhinzi n’ubworozi avuga ko ingo 80% z’Abanyarwanda zihagije ku biribwa kandi ngo Abanyarwanda banywa Litiro 78 z’amata ku mwaka. Ni imiba...
Perezida Kagame hamwe na Abdallah II umwami wa Jordanie baraye bayoboye isinywa ry’amasezerano y’ibihugu byombi mu nzego zirimo no kurwanya inyerezwa ry’imisoro n’ubufatanye mu by’ubumenyi mu by’ubuvu...
Ibarurishamibare ryerekana ko Abanyarwanda bagera kuri miliyoni 13 zirenga, kandi benshi muri bo ni urubyiruko. Benshi batuye mu Ntara y’Uburasirazuba kuko yonyiye ituwe na 20%. Dr Télésphore Ndabamen...
Mu Karere ka Rusizi hari abaturage bavuga ko bahawe imbuto y’ibishyimbo bigufi n’ibishingirirwa ngo bongere umusaruro w’ibishyimbo. Ababihawe bo mu Murenge wa Gitambi babanje kwishimira iyo mbuto, biz...
Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi ivuga ko hari ubukangurambaga buteganywa kuzakorwa kugira ngo Abanyarwanda bumve ko kurya inyama z’ingurube nta kizira kirimo. Ni umukoro uzagendana no kongera amabagi...
Ikigega Agaciro Development Fund (AgDF) cyaraye kigiranye amasezerano n’Umushinga Hinga Wunguke afite agaciro ka miliyari Frw 34.6, agamije kunoza uruhererekane rw’ibiribwa mu Rwanda. Intego yayo ni...
Ni ibikubiye muri raporo iherutse kunonosorwa na Komite y’Abadepite ikurikirana ubuhinzi, ubworozi no kwita ku bidukikije. Abayigize basabye Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi gukemura iki kibazo kugira...









