Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr. Edouard Ngirente asanga Leta ikwiye gukorana bya hafi n’abikorera ku giti cyabo kugira ngo bagire uruhare runini mu iterambere ry’ubuhinzi. Yabivuze kuri uyu wa Gata...
Ubwo yatangizaga inama mpuzamahanga yiga ku iterambere ry’uruhererekane runoze mu bikomoka ku buhinzi muri Afurika, Minisitiri w’Intebe Dr.Edouard Ngirente yavuze ko kudateza imbere ubuhinzi bigwingiz...
Guverinoma y’u Rwanda igiye gushinga ikigega kizatera inkunga abashaka gukora ikoranabuhanga rigenewe abahinzi kizatangirana ingengo y’imari ya Miliyoni $2, bakise “Hanga Agritech Innovation Challeng...
Izamuhaye Jean Claude ushinzwe ibihingwa mu Kigo cy’igihugu gishinzwe iterambere ry’ubuhinzi n’ubworozi RAB avuga ko mu gihembwe cy’ihinga cya 2025 A u Rwanda ruzahinga ku buso bwa hegitari 802,637, b...
Abikorera ku giti cyabo bafite gahunda yo gushinga banki izajya ifasha abahinzi kubona inguzanyo ngo bashore mu mishinga iteza imbere ubuhinzi. Abahinzi bo mu Rwanda bamaze igihe bataka kudahabwa ingu...
Ku Murindi mu Karere ka Gasabo hari kubera imurikabikorwa ry’aborozi n’abahinzi kugira ngo berekane aho ikoranabuhanga muri iri nzego z’ubukungu rigeze. Ubworozi ni umwitero, ubuhinzi bukaba umukenyer...
Mu Mujyi wa Libramont- Chevigny mu Bubiligi haherutse kubera imurika ry’ibyagezweho mu buhinzi n’ubworozi bukorerwa mu bihugu by’Ubumwe bw’Uburayi ariko Abanyarwanda bororera ingurube mu Rwanda ...
Eric Rwigamba usanzwe ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi avuga ko u Rwanda rwihagije ku mbuto z’ibigori, soya n’ingano kuko zihatuburirwa ku rwego ruhagije ku ...
Mu gihembwe cya mbere cy’umwaka w’ingengo y’imari wa 2024, ubukungu bw’u Rwanda bwazamutse ku kigero cya 9.7% ahanini bitewe n’uko ubukungu muri rusange bwongeye kuzanzamuka ariko cyane cyane n’...
Minisitiri w’u Rwanda ushinzwe ubuhinzi n’ubworozi Dr. Ildephonse Musafili yasinyanye na mugenzi we wa Guinea amasezerano y’ubufatanye mu iterambere ry’ubuhinzi. Ni amasezerano azibanda ku bushakashat...









