Hari raporo ivuga ko umusaruro w’ibigori u Rwanda rwahuritse mu mwaka wa 2024 ungana na toni 29, 510 mu gihe mu mwaka wa 2023 wari toni 5,837 ni ukuvuga inyongera ya 405.51%. Ni umusaruro mwinshi k...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente avuga ko igihe cyo gushyiraho Minisiteri y’itangazamakuru kitaragera kuko hasanzwe hari urundi cyangwa izindi nzego zita kuri uyu mwuga. Yabwiye itangazamakuru...
Mu Rwanda hagiye gutangizwa gahunda yiswe Rwanda Soil Information System (RwaSIS) izafasha abahinzi b’ibirayi kuzamura umusaruro ku kigero cya 20% mu myaka mike iri imbere. Ni gahunda izakoresha ikor...
Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda Prudence Sebahizi yavuze ko intego y’ishoramari ari uko ibirivamo bituma imibereho y’abaturage irushaho kuba myiza. Yabibwiye itangazamakuru nyuma yo gutangiza inama y...
Uhereye ku mupaka wa Kagitumba uri mu Murenge wa Matimba aho urugamba rwo kubohora u Rwanda rwatangiriye, ukagera ku buhinzi bw’ibigori bwaguye kandi bwuhira buri i Gabiro, ugakomereza ku nganda...
Mu myaka itatu iri imbere mu Karere ka Gakenke hazaterwa ibiti 75,000 ku buso bungana na hegitari 3000. Umwero wabyo uzafasha u Rwanda kongera umusaruro w’avoka rwohereza mu mahanga. Uyu mushinga uzah...
Inama y’Abaminisitiri yaraye iteranye yanzura ko Dr. Patrice Mugenzi ayobora Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu asimbuye Musabyimana Jean Claude naho Dr. Marc Cyubahiro Bagabe asimbura Minisitiri w’U...
Kuri uyu wa Gatatu ku isi hose hari umunsi mpuzamahanga wahariwe kwihaza mu biribwa. Mu Rwanda hari ingo zirenga 20% zitarya gatatu ku munsi kandi indyo ikaba ari nkene. Abo muri Sosiyete sivile basab...
Abahinzi b’icyayi cy’u Rwanda bavuga ko umusaruro wacyo uri kugabanuka kubera izuba risigaye ryaka ari ryinshi kandi rigatangira kare rikanarangira ritinze. Umuyobozi wa Koperative y’abahinzi b’icyayi...
Dr. Télesphore Ndabamenye uyobora Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuhinzi, RAB, asaba itangazamakuru kurushaho kubwira abaturage gahunda z’ubuhinzi n’uburyo bwiza bw’imihingire. Avuga ko ubusanzwe abatura...









