Ikigega mpuzamahanga cya Leta zunze ubumwe z’Amerika gishinzwe iterambere mpuzamahanga,The United States Agency for International Development (USAID) cyateganyije miliyoni 14.8$ yo gufasha abahinzi mu...
Abahinzi bo mu bishanga byo mu Karere ka Rwamagana bamaze gukuba kabiri umusaruro w’umuceli, nyuma yo kwegerezwa uburyo bugezweho butuma bahinga igihe cyose, nta bwoba ko impeshyi ishobora gutum...
Imvura iri kugwa muri Gashyantare, 2022 ntisanzwe. Ni imvura Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubumenyi bw’ikirere gitangaza ko izaba nyinshi kugeza mu mataliki yegereza aya nyuma y’uku kwezi. Minisiteri y’u...
Abatuye Isi y’ubu bafite ibibazo birimo intambara, amapfa, ibyorezo n’izindi ndwara. Hejuru y’ibi hiyongeraho ibibazo bya politiki bituma impunzi n’abimukira biyongera henshi ku isi. Ibi ni ukuri buri...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi (NAEB) cyatangaje ko mu gihembwe cya kabiri cy’uyu mwaka w’ingengo y’imari wa 2021/...
Ibiro bya Banki y’Isi bitangaza ko ubutaka bw’Afurika bwugarijwe n’isuri, kubumenaho imyanda itabora nka Pulasitiki, ubuhinzi budatuma ubutaka buruhuka n’ibindi. Muri ibyo bindi bituma ubutaka bw’Afur...
Perezida Paul Kagame yavuze ko hakenewe impinduka mu buhinzi nk’urwego rwafasha Afurika kugera ku ntego z’iterambere, bijyanye n’uburyo izindi nzego zahungabanyijwe n’ingaruka z’icyorezo cya COVID-19....
Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye arashima Imana ikimurinze mu gihe cy’umwaka amaze ategeka u Burundi. Kuri uyu wa Kane yagiye kuyishimira mu Misa, akaba yari aherekejwe n’umugore we, Denise ...
Ambasaderi wa Israel mu Rwanda Ron Adam aherutse guha ikiganiro kihariye ubwanditsi bwa Taarifa, agaruka ku mateka ye, ay’igihugu cye, ay’iki gihugu na Palestine, aya Israel n’u Rwanda ndetse n’imishi...
Ubwanditsi bwa Taarifa bufite amakuru yizewe avuga ko nyuma y’uko mu Kigo cy’igihugu cy’ubuhinzi bagabanyirije abakozi, bamwe binyuze mu kubirukana, abandi mu kubahagarika by’agateganyo abandi bakikur...









