Ikigo cy’igihugu cy’ubumenyi bw’ikirere, Meteo Rwanda, cyatangaje ko guhera kuri uyu wa Gatandatu taliki 21 kuzageza taliki 31, Gicurasi, 2022 ni ukuvuga igihembwe cya gatatu cy’ukwezi kwa Gicurasi, i...
Abahinga igishanga cya Cyonyongo nicya Gacuragiza bikora ku Mirenge ine y’Akarere ka Rulindo bishimira ko ubumenyi bahawe bwo guhinga kijyambere, byatumye badakomeza guhinga mu kajagari kandi basigaye...
Mu Kagari ka Bisesero, Umurenge wa mu Karere ka Karongi hatangijwe ubuhinzi bw’icyayi hagamijwe ko abahinzi bazabona amafaranga ku mwero wacyo. Abasanzwe bahatuye babwiye RBA ducyesha iyi nkuru ko n’...
Abahinga ibigori mu Karere ka Nyagatare bavuga ko bibabaje kuba uruganda rutunganya akawunga bari bakeneye kuva cyera rwaruzuye, ariko rukaba rugiye kumara imyaka ibiri rudakora. Ni uruganda rwubatswe...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente avuga ko u Rwanda rwasanze ari ngombwa ko rutunganya imbuto rukenera kugira ngo rwirinde guhora rugura izo hanze yarwo kuko zaruhendaga. Bikubiye mu byo yagejej...
Ubwo yagezaga ijambo ku Badepite Imitwe yombi, Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yavuze ko mu mwaka wa 2020 ubuhinzi bw’u Rwanda bwatanze umusaruro wazamutseho 6% mu gihe mu mwaka wa 2019 wari u...
Mu Karere ka Nyagatare mu Mirenge ya Mukama na Karama hari abahinzi babwiye Taarifa ko kubona ubwanikiro bunini kandi bwubatswe neza byatumye ibigori byabo bitibasirwa n’uruhumbu bita Aflatoxin. Uru r...
Mu gihe 70% by’Abanyarwanda bakora ubuhinzi, kandi bukagira uruhare rungana na 31% mu musaruro mbumbe w’igihugu, Leta ivuga ko urubyiruko rusa n’urwahariye ubuhinzi abantu bakuru. Kuba abasore n’inkum...
Mu kiganiro yahaye abanyamakuru kuri uyu wa Gatatu taliki 16, Werurwe, 2022 cyagarukaga ku ngamba Leta y’u Rwanda yafashe mu kuzahura ubukungu, Minisitiri w’intebe yavuze ko Leta y’u Rwanda igiye gush...
U Rwanda ni cyo gihugu rukumbi muri Afurika kiri mu nzira nziza yo gushyira mu bikorwa intego zamerejwe i Malabo (Malabo Declaration) muri Equatorial Guinea, zigamije guteza imbere ubuhinzi kuri uyu m...









