Ambasaderi wa Brazil mu Rwanda Irene Vida Gala avuga ko kimwe mu byo igihugu cye kizakorana n’u Rwanda harimo no kurwamamaza iwabo binyuze muri Visit Rwanda. Visit Rwanda ni gahunda Kigali ifitanye n’...
Imvura imaze iminsi igwa mu bice byinshi by’u Rwanda ishobora gutuma hari abahinzi bahita batangira gutera ibihingwa bigufi nk’ibishyimbo, ikintu gishobora gutuma bazarumbya. Minisiteri y&...
Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva mu ruzinduko yari amazemo iminsi ibiri mu Burasirazuba ntiyasuye imirima n’ibiraro by’amatungo gusa ahubwo yasuye n’abaturage, bamubwira akamaro ibyo byose b...
Uruzinduko rw’iminsi ibiri ari gukorera mu Burasirazuba nirwo rwa mbere rw’akazi Dr. Justin Nsengiyumva atangiriye mu Ntara nyuma y’igihe gito Perezida Kagame amugize Minisitiri w’Intebe. Yatangiriye ...
Texas haherutse kubera Ihuriro Nyarwanda ryiswe Rwanda Convention 2025, kikaba igikorwa cyavugiwemo byinshi birimo no gusaba abatuye muri gihugu kwibuka ko u Rwanda rukeneye ko barushoramo. Michelle ...
Minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi Dr. Cyubahiro Bagabe Mark asaba abikorera ku giti cyabo kugira uruhare mu guteza imbere ubuhinzi bwa kijyambere. Yabisabye kuri uyu wa Gatatu Tariki 18, Ka...
Imibare yatangajwe n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe kohereza hanze ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi, NAEB, yerekana ko ibyo cyohereje hanze hagati y’itariki 05 n’itariki 09, Gicurasi, 2025 ikawa ari yo yaj...
*Nyamagabe ikennye kurusha ahandi *Kicukiro yavuye ku mwanya wa mbere mu bukire *Umunyarwanda yinjiza $1040 ku mwaka… Ubushakashatsi bwa karindwi ku Mibereho y’Ingo muri Rusange (EICV7) bwafatiye ku ...
Umunyamabanga wa Leta ya Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga Marco Rubio yatangaje ko Amerika idakeneye Ambasaderi wa Afurika y’Epfo. Ngo ntakenewe mu gihugu cyabo gikomeye. Kuri X, Rubio yanditse ko...
Dr. Agnes Kalibata, kuri uyu wa Kane tariki 06, Werurwe, 2025 yarangije manda ebyiri yari amaze ayobora Ikigo Nyafurika gishinzwe guteza imbere ubuhinzi, Alliance for a Green Revolution in Africa (AG...









