Abayobozi b’Ubushinwa batangaje ko ahitwa Tibetan hagiye kubakwa urugomero rw’amashanyarazi ruzaba ari runini kurusha izindi ku isi, gusa rushobora kuzahembera umwuka mubi hagati ya Beijin...
Indege yo mu Buhinde yavaga muri iki gihugu ijya mu Bwongereza yakoze impanuka igihaguruka ihita ikongoka. Abantu 200 nibo bamaze kubarurwa ko bayiguyemo. Yari irimo abantu 242, ikaba yahuye n’a...
I New Delhi mu Murwa mukuru w’Ubuhinde no muri Islamabad mu murwa mukuru wa Pakistan haraganirwa intambara ikomeye ishobora kurota hagati y’ibihugu byombi niba nta rutangira ibayeho. Minisitiri w’Inte...
Umuhinde Salman Khan ukurikiranweho ibyaha by’iterabwoba n’ibindi bifitanye isano wabaga mu Rwanda yoherejwe iwabo. Kuri uyu wa Gatatu, taliki 27 Ugushyingo 2024, nibwo yurijwe indege ku kibuga cy’Ind...
Muri Musanze hagiye kubakwa uruganda rukora ibyuma ruzunganira urwitwa SteelRwa Ltd rukorera mu Karere ka Rwamagana mu Murenge wa Mwurire. Urw’i Musanze ruzakora ibyuma mu mabuye y’ubutare, rukazagaba...
Nyuma gutsinda amatora aheruka, Minisitiri w’Intebe w’Ubuhinde Narendra Modi yahisemo gutangirira mu Burusiya ingendo ze zo mu muhanga. Ni uruzinduko rw’iminsi ibiri rugamije kongera kureshya Uburusiy...
Muri Leta ya Uttar Pradesh mu Buhinde habereye umuvundo w’abantu bari baje gusenga barakandagirana hapfa abagera kuri 50. Hari ubwoba ko uyu mubare waza kwiyongera kuko hari n’abavuga ko h...
Kuri uyu wa Gatanu urukiko rwaburanishaga urubanza ubushinjacyaha bw’i Geneva mu Busuwisi bwaregagamo abagize umuryango ukize kurusha indi mu Bwongereza rwanzuye ko abo bantu batsinzwe ku byaha baregw...
Minisitiri w’Intebe w’u Buhinde (uherutse kongera kubitorerwa) Narendra Modi, yaraye arahiriye kongera kuyobora iki gihugu muri manda ya gatatu, yemeza ko agiye kugira iki gihugu igihangange kurushaho...
Ubucuruzi iki gihugu cyashoye mu Rwanda bufite agaciro ka miliyoni $500 mu myaka ine ni ukuvuga angana na Frw 624.594.500.000. Iyi mibare yatangajwe na Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda, Dr Ngabitsinze...








