Ubuyobozi bw’Ikigo gishinzwe kurinda ubuziranenge bw’imiti n’ibiribwa mu Rwanda bwatangaje ko ikibazo cy’imiti itujuje ubuziranenge gikomeje kugaragara mu Rwanda n’ubwo hakorwa ibishoboka ngo ikumirwe...
Nyirarugero Dancille uyibora Intara y’Amajyaruguru avuga ko imwe mu mpamvu zituma abayobozi bahohotera cyangwa bakima serivisi abaturage ari ukutamenya amategeko. Yabigarutseho mu ijambo yagejeje ku b...
Kuri uyu wa Kabiri Taliki 13, Nzeri, 2022 Ubushinjacyaha bwongeye kugaragariza Urukiko ko bukurikiranye Ndimbati ho icyaha cyo gusindisha umwana utarageza ku myaka y’ubukure, yarangiza akamusambanya. ...
Taliki 05, Nzeri, 2022, Ubugenzacyaha bwataye muri yombi abakozi bane barimo abakorera RSSB n’Umuyobozi Mukuru w’Ibitaro bya Mibirizi witwa Dr Nzaramba Théoneste. Abandi bafatanywe na Dr Nzaramba ni ...
Mu Karere ka Musanze ahari ikigo cya Polisi giha amasomo abakora mu rwego rw’ubugenzacyaha no gukusanya ibimenyetso bigamije gutanga uburabera( RIB na Polisi), kuri uyu wa Kabiri habaye umuhango wo gu...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rurasaba Abanyarwanda n’undi wese wabona abantu babiri yasohoye amafoto yabo ko yabiyimenyesha cyangwa akabimenyesha urwego rw’umutekano urwo ari rwo rwose bag...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, narwo rwitabiriye Imurikagurisha mpuzamahanga ribaye ku nshuro ya 25. Umuvugizi warwo Dr. Thierry B.Murangira avuga ko kumurikira abaturage serivisi RIB itanga...
Ikinyamakuru cyo muri Zambia kitwa News Diggers cyatangaje ko gifite amakuru yizewe y’uko hari bamwe mu Bashinwa baba i Lusaka babeshya abakobwa bo muri Aziya ko bagiye kubashakira akazi muri Zambia k...
Abagabo babiri bakorera Banki ya ECOBANK batawe muri yombi n’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) nyuma yo kubafatira mu cyuho bakira ruswa ya Miliyoni enye n’igice (4.500,000 Frw). Amakuru twamenye ni uko ...
Umunyamabanga mukuru w’Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, (Rtd) Col Jeannot Ruhunga yakiriye mugenzi we uyobora Urwego nk’uru muri Kenya ngo baganire imikoranire. Kenya ni kimwe mu bihugu byo mu...









