Umugabo w’imyaka 25 wo mu Murenge wa Munyaga mu Karere ka Rwamagana yafashwe na RIB akurikiranyweho gusambanya abana babiri b’abakobwa bivugwa ko yari amaranye Icyumweru baba iwe. Inzego z’ibanze nizo...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, ruvuga ko ari ngombwa ko buri Munyarwanda agomba kuzirikana ko mu gihe cy’iminsi mikuru kwirinda ibyaha biba ari umwanzuro mwiza. Bisanzwe bimenyerewe ko mu mi...
Nyuma y’ubugenzuzi rwakoze rufatanyije n’izindi nzego, Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, rwafashe ibicuruzwa bitujuje ubuziranenge bifite agaciro ka Frw 15,988,025. Iduka basanzemo biriya bicur...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rwataye muri yombi umunyamakuru witwa Ruhumuriza ukorera kimwe mu binyamakuru bikorera mu Rwanda ‘akekwaho’ icyaha cyo gukubita no gukomeretsa. Uyu mugabo w’imyaka 4...
Taarifa yamenye ko dosiye ya Umwari Chantal( umugore w’umunyamakuru Théoneste Nsengimana nawe ufunzwe) ndetse n’uwo ubugenzacyaha buvuga ko yamufashije mu guhimba impapuro mpimbano yagejejwe mu bushin...
Umugabo witwa Jean de Dieu Ihorahabona yatawe muri yombi n’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, rumukurikiranyeho icyo rwise ‘ubufatanyacyaha’ ku cyaha cyo guhimba, guhindura inyandiko no gukore...
Taarifa yamenye ko Umwari Chantal washakanye n’umunyamakuru Théoneste Nsengimana wari uherutse gutangazwa ko yafashwe kubera impamvu zitazwi, izo mpamvu zatumye afatwa ari uko akekwaho icyaha cyo guhi...
Minisiteri y’uburezi yatangaje kuri uyu wa Gatandatu taliki 05, Ugushyingo, 2022, ishuri ry’imyuga n’ubumenyi ngiro rya Kigali, IPRC-Kigali, rigiye gusubukura amasomo. Hari hashize ibyumweru bibiri ri...
Umwe mu baturage bitabiriye inama yahuje inzego zirebwa n’ubuzima rusange bw’Abanyarwanda yateguwe na Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu n’urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, yeruye anengera imbe...
Ku nshuro ya mbere, muri Afurika habereye inama mpuzamahanga yiga uko ikoranabuhanga rigendanwa ryakomeza gutezwa imbera ku isi no muri Afurika by’umwihariko. Perezida Kagame yavuze ko buryo urubyiruk...









