Hashize iminsi ibiri Urwego rw’ Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafunze umurezi wo mu kigo cy’amashuri cyo mu Karere ka Bugesera rumukurikiranyeho gusambanya abana 10 b’abahungu yigishaga. Byabereye m...
Urwego rw’ubugenzacyaha rwaraye rwongeye guta muri yombi abayobozi batanu barimo bane bo muri Nyanza n’umwe wo muri Gisagara. Uru rwego ruvuga ko bariya bayobozi batawe muri yombi kubera ibimenyetso ...
Urwego rw’ubugenzacyaha rurashakisha umugabo witwa Jean Damascene Hategekimana akurikiranwaho kwica mugore we bari bamaranye imyaka 11 babana mu buryo butemewe n’amategeko. Uwo mugabo ushakishwa asan...
Taarifa ifite amakuru avuga ko umugabo witwa Sebanani Eric bita Kazungu washakishwaga n’Ubugenzacyaha bw’u Rwanda kubera kwica umugore we amuciye umutwe yafashwe. Kuri uyu wa Gatatu nibwo ubugenzacyah...
Umuvugizi w’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, Dr. Thierry B.Murangira ari i Nkumba aho abanyamabanga nshingwabikorwa b’utugari two mu Burasirazuba bateraniye mu itorero. Yababwiye ko ingengabit...
Ubugenzacyaha bwataye muri yombi umugore bukeka ho uruhare mu rupfu rw’umugabo we. Abenshi bakeka ko uriya mugore ari we wishe uwo bashakanye amutsinze mu Mudugudu wa Gako, Akagari ka Mbuye mu Murenge...
Mu kiganiro yahaye itangazamakuru, Umunyamabanga mukuru w’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, (Rtd) Col Jeannot Ruhunga yavuze ko myaka hafi itanu urwego ayobora rumaze rushinzwe, abagenzacyaha b...
Dr.Emmanuel Ugirashebukja yabwiye abagenzacyaha baje mu Nama rusange y’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha ko mu kazi kabo [katoroshye] bagomba kuzirikana ko ibimenyetso bakusanyije, baba bagomba kubyi...
Ubugenzacyaha bw’u Rwanda buherutse guta muri yombi abasore batatu bakurikiranyweho kwiba umukiliya wari waje kuhacumbika. Bamwibye $6,800. Ni amafaranga yari yabikijwe ushinzwe kwakira abakiliya.. A...
Umugabo witwa Niyonsaba w’imyaka 44 yatawe muri yombi na Polisi y’u Rwanda nyuma yo guha umupolisi ruswa ya Frw 70,000 ngo atamukurikirana kuko yagurishije imbaho ntazitangire fagitire ya EBM. Ubwo ya...









