*Icyitonderwa: Amagambo ari muri iyi nkuru hari abo ashobora guhungabanya: *Abica abantu umusubizo( serial murders) babiterwa n’iki? *Ese ushobora kureba umuntu ukabimukekera? Nyuma y’Umunyarwanda wit...
Umugabo witwa Agahozo Josué mu Murenge wa Kinazi mu Karere ka Ruhango yabwiye abaturage uko yishe umwana we amunigishije umugozi arangije umuta mu bwiherero bwa metero 12. Ni nyuma y’uko afashwe n’aba...
Umunya Jordania[kazi] Sima Sami Bahous uyobora Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bagore yavuze ko uburyo bwa Isange One Stop Center u Rwanda rwashyizeho ari ingirakamaro mu gufasha abagore cyan...
Umugabo witwa Evariste Nyandwi yaraye afashwe nyuma y’igihe kirekire yihisha ubutabera kubera icyaha cya Jenoside yakorewe Abatutsi yahamijwe na Gacaca. Gacaca hari yaramukatiye gufungwa imyaka 19 nyu...
Amakuru avuga ko mu Murenge wa Kigoma, Akarere ka Nyanza ahari ikigo cy’amashuri kitwa Sainte Trinité de Nyanza hari abarimu bane batawe muri yombi n’urwego rw’ubugenzacyaha nyuma y’uko bafashwe bari...
Ibyo kongerera ubushobozi Urwego rw’ubugenzacyaha biherutse kuvugirwa mu biganiro byahuje abayobozi bakuru ba RIB na Minisiteri y’ubutabera byamaze iminsi itatu. Hari hagamijwe kuganira kuri ejo hazaz...
Dr. Jean Damascène Bizimana uyobora Minisiteri y’ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu yabwiye abakorera Urwego rw’Ubugenzacyaha ko igihe cyose babonye ibimenyetso bifatika byaherwaho runa...
Hari abantu batanu bo mu Murenge wa Busasamana mu Karere ka Nyanza batawe muri yombi n’ubugenzacyaha bakekwaho uruhare mu rupfu rw’umukobwa. Bakekwaho kwica uwo mukobwa bamuziza Frw 100 yanze kubagaru...
Ubugenzacyaha bw’u Rwanda(Rwanda Investigation Bureau) bwahakanye iby’uko hari abakozi babwo bahase ibibazo umuherwe Aloys Rusizana nk’uko Taarifa iherutse kubitangaza mu nkuru icumbuye iheruka. Muri ...
Uyu Munyarwanda umaze iminsi ari mu bavugwaho cyane mu itangazamakuru yitabye ubugenzacyaha ngo asobanure iby’inyandiko aherutse gusohora ivuga ko yabaye umugore kandi ko iyo nyandiko yayihawe n’Urweg...









