Perezida w’Urukiko rw’ikirenga Dr. Faustin Ntezilyayo avuga ko u Rwanda aho rugeze kandi rukaba rukiyubaka mu nzego zirimo n’ubutabera, ubutabera bwarwo butazihanganira abayobya abandi. Yabivuze ubwo ...
Mu Murenge wa Kabaya muri Ngororero haravugwa inkuru y’ababyaza babiri baherutse gutabwa muri yombi na RIB bakurikiranyweho gukomeretsa umwana wavukaga babonye apfuye baratoroka. Byabereye mu bitaro b...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rugira abantu Inama y’uko igihe rubatumije ngo rugire icyo rubabaza bakwirinda kurukwepa. Umuvugizi wa RIB Dr. Thierry B.Murangira yabwiye Taarifa ...
Amakuru avuga ko ku wa Gatanu taliki 26, Mutarama, 2024 ubugenzacyaha bwataye Honoré Umuhoza usanzwe ukorera ikinyamakuru Radio/Flash TV akekwaho guha umuntu sheke itazigamiwe. Bivugwa ko hari umuntu ...
Ba Perezida b’Inama Njyanama b’Uturere twa Huye, Rulindo,na Muhanga bemereye itangazamakuru ko bakiriye inyandiko z’abayobozi babandikiye basaba guhagarika akazi ‘mu gihe kitazwi.’ Hari ha...
Mu Karere ka Nyagatare mu Murenge wa Kiyombe haravugwa inkuru y’umuyobozi ku rwego rw’Umurenge wafatiwe mu cyuho yakira ruswa ya Frw 70,000. Bivugwa ayo mafaranga yari ayahawe ngo yandike mu bitabo by...
Ubugenzacyaha busaba Abanyarwanda kwirinda icyo ari cyo cyose cyatuma bica amategeko harimo no gukoresha nabi imbugankoranyambaga. Umuvugizi w’uru rwego, Dr. Thierry B. Murangira avuga ko niba bidakwi...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rwasabye abamotari bo mu Karere ka Kirehe kwirinda ibikorwa biganisha ku icuruzwa ry’abantu birimo kubajyana imahanga babanyujije mu nzira zitazwi kandi mu buryo but...
Abakozi b’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, bafatanyije na Polisi ndetse n’abasirikare kubwira abatuye Akarere ka Rubavu kwirinda uruhare urwo ari rwo rwose mu bucuruzi bw’abantu cyangwa ibindi...
Guhera kuri uyu wa Mbere taliki 04, Ukuboza kugeza mu minsi runaka iri imbere, Ubugenzacyaha bw’u Rwanda bwatangije ubukangurambaga bwo kubwira abaturage uko icyaha cyo gucuruza abantu gikorwa, uko ba...









