Mu Murenge wa Busoro mu Kagari ka Kimirama mu Karere ka Nyanza haravugwa umugore wakuyemo inda yari ifite amezi umunani ajugunya uwo mwana mu mwobo. Uwo mugore afite imyaka 34 y’amavuko, bikavugwa ko ...
Ubugenzacyaha buvuga ko abantu barindwi iherutse gufata bashaka kwiba miliyoni Frw 100, abakozi b’uru rwego bari bamaze iminsi babagenda runono. Kuri uyu wa Kane nibwo yeretse itangazamakuru batandatu...
Bishop Rugamba Albert yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB akurikiranyweho gutanga sheki itazigamiye. Byemejwe n’Umuvugizi w’uru rwego Dr. Thierry Murangira. Ati: “Nibyo k...
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi abarimu babiri hamwe n’umunyeshuri bo muri Kaminuza yigisha ubukerarugendo, UTB ishami rya Rubavu bazira kwaka ruswa ngo batange amanota. RIB ivuga ko ...
Urwego rw’ubugenzacyaha rwafunze umuyobozi mu Karere ka Ngororero wari usanzwe ushinzwe ibikorwaremezo, imyubakire n’ubutaka mu Karere ka Ngororero ndetse n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa...
Urwego rw’ubugenzacyaha rwasubije umucuruzi witwa Ishimwe Fridia miliyoni Frw 5 yari yaribwe. Uvugwa ko ari we wayibye ni umuzamu we kandi ubugenzacyaha bwatangaje ko bwasanze hari miliyoni Frw 1 yari...
Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe kwita ku bagore, UN WOMEN, batangije amahugurwa agenewe abaforomo kugira ngo b...
Mu rukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge habereye iburanisha ku ifungwa n’ifungurwa by’agateganyo mu rubanza Ubushinjacyaha buregamo Eugene Barikana wahoze ari Umudepite akaba aherutse gusanganwa ibisasu bi...
Ubugenzacyaha bw’u Rwanda bwafashe abagabo buvuga ko babeshyaga abantu ko bazagaruza ibyo bibwe binyuze mu gukoresha imbaraga zidasanzwe. Mu bafashwe harimo n’umunyamahanga nk’uko RIB yabitangaje. Abo...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rwafunze umuyobozi w’Ihuriro ry’abafatanyabikorwa b’Akarere ka Kirehe( JADF) rukumurikiranyeho icyaha cyo guhoza ku nkeke uwo bashakanye. Bivugwa ko ari ibikorwa yat...









