Abakobwa biga mu kigo cy’abakobwa kiri ahitwa Maranyundo mu Karere ka Bugesera bamenye ko bagenzi babo ( ibyo bita ikigare), n’imbugankoranyambaga ari bimwe mu bibashora mu byaha birimo gukoresha ibiy...
Taarifa yamenye ko mu masaha y’igicamunsi ubushinjacyaha bwagejejweho dosiye yakorewe Bwana Aimable Karasira Uzaramba. Uyu mugabo yari aherutse gutabwa muri yombi n’ubugenzacyaha bumukurik...
Ni amakuru yatanzwe na bamwe mu bana biga mu Rwunge rw’amashuri rwitiriwe Mutagatifu Aloys ruri i Rwamagana ubwo bari basuwe n’ubuyobozi bukuru bw’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha,RIB. Ku wa Gatanu ...
Ku mbuga nkoranyambaga hari inyandiko iri kuhacicikana isaba abantu gusinya inyandiko isaba inzego z’ubugenzacyaha gukurikirana umunyamakuru Agnes Nkusi Uwimana na Aimable Uzaramba Karasira( wahoze a...
Urwego rw’Ubugenzacyaha bwataye muri yombi Bwana Joseph Mugire wahoze ari umuyobozi muri Koperative Umwalimu SACCO na Liliane Nyirarukundo nawe wakoraga muri iriya Koperative ibakurikiranyeho inyandik...
Nyuma yo guhamagazwa n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, Madamu Adeline Mukangemanyi Rwigara ntiyarwitabye. Yari yabibwiye Radio Ijwi ry’Amerika mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane ko atari bwitabe...
Nyuma y’urupfu rwa Dr. Isaïe Mushimiyimana wigishaga muri Kaminuza y’u Rwanda Ishami ry’ubuhinzi n’ubworozi riri i Busogo, Ubugenzacyaha bwabwiye Taarifa ko iperereza ry’ibanze ryerekanye ko yar...
Amakuru Taarifa ifitiye gihamya avuga ko Tariki 12, Werurwe, 2021, Robert Muyenzi wari usanzwe ayobora Croix Rouge y’u Rwanda mu turere twa Huye na Gisagara yatawe muri yombi n’ubugenzacyaha. Ku...
Mu masaha y’umugoroba kuri uyu Wa Gatatu tariki 06, Mutarama, 2021 nibwo Ubushinjacyaha bwarekuye umunyemari Paul Muvunyi wari umaze iminsi afunganywe n’abandi barimo (Rtd) Col Eugene Ruz...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha bwataye muri yombi umukozi w’Ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere uburezi rumukurikiranyeho kwakira ruswa ruvuga ko yahawe n’umwe bakandida bashakaga kuba abarim...








