Urukiko rukuru rwa Kenya rwakatiye Umuyobozi w’Urwego rushinzwe kugenza ibyaha muri Kenya, George Kinoti, gufungwa amezi ane azira gusuzugura urukiko. Kinoti ayobora urwo rwego ruzwi nka Directorate o...
Ubwo yarangizaga amahugurwa y’abagenzacyaha yari amaze iminsi abera mu Ishuri rya Polisi riri mu Karere ka Musanze, Minisitiri w’ubutabera akaba n’Intumwa nkuru ya Leta, Dr Emmuel Ugirashebuja yasabye...
Mu murenge wa Ndera Akarere ka Gasabo abagenzacyaha baherutse kuhafatira abagore babiri babakurikiranyeho kwiba abaturage b’i Kamembe muri Rusizi. Babariganyije Miliyoni 25 Frw binyuze mu bucuruzi bw...
Urwego rw’Ubugenzacyaha rwafunze Umugabo witwa NSENGIYUMVA FRANCOIS w’imyaka 44 uzwi nka GISUPUSUPU akurikiranyweho gusambanya umwana w’umukobwa w’imyaka 13 n’icyaha cyo GUKORESHA UMWANA IMIRIMO...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha bweretse itangazamakuru bamwe mu bo ruheruka gufata rubakurikiranyeho kwiba umushoramari w’Umunyamahanga. Rwagaruje ibihumbi birenga 700 by’amadolari. Uwibwe ni umut...
Bamwe mu bantu bakuru bavuga ko urubyiruko rw’u Rwanda muri rusange rutumva inama ruhabwa n’ababyeyi, iyi ikaba imwe mu mpamvu zituma rwishora mu busambanyi, gukoresha ibiyobyabwenge n’indi myitwarire...
Ubuyobozi bw’Umurenge wa Juru mu Karere ka Bugesera bugambiriye kugabanya ibitera ibyaha mu baturage bityo abaturage bakabizibukira. Umunyamabanga nshingwabikorwa wawo Fred Rurangirwa yabwiye Taarifa ...
Kugenza ibyaha bigira uburyo n’amikoro bisaba. Kubera ko abakora ibyaha babikora mu buryo bufifitse bagamije kuzayobya uburari, bisaba ko abagenzacyaha bagira ubumenyi bwihariye buzabafasha kubatahura...
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 18 Kamena 2021 ubwo Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Jean Marie Vianney Gatabazi yavugaga ijambo rirangiza amahugurwa y’iminsi itatu yahuje abapolisi n’abacungagereza ba...
Abaturage bo mu kagari ka Kabumba, Umurenge wa Bugeshi mu Karere ka Rubavu basuwe n’abagenzacyaha bakorera Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, basobanurirwa uko ibyaha bikorwa, uko byirindwa, uko...









