Umugabo yagiranye ikibazo n’umugore we igihe kigeze aramucika ajya kubana na mugenzi we nawe wari umaze iminsi atandukanye n’uwo bashakanye. Bwari uburyo bwo kwisungana. Uwo mugabo wari ucumbikiye mug...
Taliki 10, Werurwe, 2022 habaye iburanisha ku ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo mu rubanza ubushinjacyaha buregamo ruswa Bwana Felix Nshimyumuremyi wahoze ayobora Ikigo cy’igihugu cy’imyubakire, Rwand...
Umubyeyi w’abana batatu wagizwe umupfakazi n’abantu batemye umugabo we agiye kurangura inka bikamuviramo urupfu yifuza ko abakurikiranyweho iki cyaha bazaburanishirizwa mu gace atuyemo kugira ngo we ...
Urwego rw’ubugenzacyaha rwasabye abaturage bo mu Tugari tw’Umurenge wa Cyabakamyi abakozi barwo baherutse gusura kwirinda icyakurura amakimbirane ashingiye ku mitungo kuko akunze kuba intandaro y’urug...
Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Umukinnyi wa Filimi nyarwanda wamamaye ku izina rya Ndimbati. Umuvugizi w’uru rwego yabwiye Taarifa ko uriya mugabo akurikiranyweho gusamba...
Mu ngendo barimo zo kwegereza serivisi abitaruye stations z’Urwego rw’ubugenzacyaha kubera ubunini bw’Imirenge yabo, abakozi b’uru Rwego baraye basabye abayobozi mu nzego z’ibanze ndetse n’abatu...
Abatuye Akagari ka Kadaho Umurenge wa Cyabakamyi mu Karere ka Nyanza bavuga ko bakoresha amasaha atanu bajya ku rwego rw’ubugenzacyaha bubegereye kugira ngo barugezeho ibirego. Umwe mu bagabo bakoresh...
Ubwo yatangizaga amahugurwa agenewe abagenzacyaha mu rurimi rw’amarenga, Umunyamabanga Mukuru wungirije w’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB , Isabelle Kalihangabo yavuze ko n’ubwo abakozi ba ru...
Umuturage wo mu Karere ka Gakenke Umurenge wa Kivuruga witwa Twahirwa yabwiye Taarifa ko hari bagenzi be badashobora kugeza ibibazo by’ihohoterwa cyangwa ibindi byaha bakorewe ku nzego z’ubugenzacyaha...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, butangaza ko 4.5% by’amadosiye y’abo rukurikiranyeho ibyaha byakozwe hagati y’umwaka wa 2018 kugeza mu mwaka wa 2021 bagishakishwa. Hagati aho 61,3% by’abantu ...









