Urwego rw’ubugenzacyaha, ishami rishinzwe gukumira ibyaha, rwaganirije abanyeshuri bo muri Saint André basobanurirwa intambwe zibanziriza ihohoterwa ryo ku mubiri n’uburyo bakwirwanaho kugira ngo bata...
Ku Cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda hateraniye Inama nyunguranabitekerezo y’abagenzacyaha bo mu bihugu bigize EAPCCO kugira ngo harebwe uko mu bihugu bigize uyu muryango hazashyirwa za Isange One ...
Mu Rwanda hateraniye Inama igomba gusuzuma no kwemeza ibikubiye mu biganiro byabereye Arusha muri Tanzania mu mwaka wa 2019 byari bigamije kureba uko umubare w’abagore bakora umwuga w’ubugenzacyaha wa...
Inspector General of Police (IGP) Dan Munyuza n’Umunyamabanga mukuru wungirije w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha Madamu Isabelle Kalihangabo bari i Cotonou muri Bénin mu nama y’abandi bayobozi b’i...
Urwego rw’igihugu ry’ubugenzacyaha rumaze icyumweru ruhugura izindi nzego z’umutekano mu kugenza no gufata abanyabyaha bataraboneka kugeza ubu. Ni amahugurwa yamaze Icyumweru. Umuyobozi mu Rwego rw’i...
Ubukangurambaga bw’Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha ku kwirinda ibyaha bitandukanye bwakomereje mu kigo nderabarezi cya Ruhango kitwa Collège Inderabarezi. Abahiga basobanuriwe uko ubuhezanguni buta...
Ubugenzacyaha bwataye muri yombi Umuyobozi w’Urwego rw’Igihugu rw’imiyoborere wungirije imukurikiranyeho icyo ibyaha by’ubwambuzi bushukana no gukoresha inyandiko mpimbano. Amakuru dufite avuga ko uri...
Abagenzacyaha bo mu Karere ka Nyanza bari mu iperereza ku cyaha cy’ubwicanyi bivugwa ko bwakorewe mu Murenge wa Kigoma mu Karere ka Nyanza. Televiziyo yitwa BTN ( Better Television Network) yatangari...
Hari abanyamuryango za Koperative zimwe na zimwe zo mu Rwanda bavuga ko hari umutungo babikije Koperative zabo ariko ntibamenye irengero ryawo. Ubuasanzwe abantu babitsa za Koperative bagamije ko umu...
Mu rwego rwo kuburira abantu ku byaha bibugarije, Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, ishami ryo gukumira ibyaha n’ubushakashatsi, rwaraye ruganirije abanyeshuri bo mu Murenge wa Nemba, mu Karere...









