Perezida Emmanuel Macron yatangaje ko igihugu cye cyemeye mu buryo budasubirwaho ko Palestine ari igihugu kigenga byuzuye. Ubwo yabivugiraga mu Nteko rusange ya UN, abari aho bamuhaye amashyi y’urufay...
Sébastien Lecornu uherutse kugenwa ngo abe Minisitiri w’Intebe w’Ubufaransa arateganya impinduka zikomeye mu micungire y’umutungo wa Leta zirimo no gukuraho ibyo abahoze muri Guverinoma bagenerwaga. N...
François Bayrou wari uri hafi kumara umwaka ayobora Guverinoma y’Ubufaransa ashobora kuza kweguzwa n’Inteko ishinga amategeko y’igihugu cye iri buterane kuri uyu wa Mbere Tariki 08, Nzeri, 2025....
Abayobozi b’ibihugu bikomeye mu Burayi bageze i Washington k’ubutumire bwa Perezida Trump ngo ababwire mu magambo arambuye ibyo yemeranyijeho na Vladmir Putin mu nama bagiranye mu mpera w&...
I New York ku cyicaro gikuru cy’Umuryango w’Abibumbye haraye habereye inama mu muhezo yo gusaba ko ibihugu byose byemeza ko Palestine yigenga byuzuye. Ubufaransa bwari bwarasabye ko itumizwa ntibwasho...
Antoine Anfré uhagarariye inyungu z’Ubufaransa mu Rwanda yavuze ko guhera mu mwaka wa 2021 kugeza ubu, umubano hagati ya Kigali na Paris ari nta makemwa. Yabivugiye mu ijambo yageneye abanyacyubahiro ...
Mu Bufaransa ibintu birakomeye kuko hari ibice, birimo n’ibituriye Umunara wa Eiffel, ababituye bataka ubushyuhe bukabije. Byatumye gusura umunara uzwi kurusha indi ku isi witwa Eiffel bihagarikwa by...
Minisitiri w’Intebe wa Israel yaraye yanditse kuri X ko Ubwongereza budakwiye kwitiranya kwirwanaho nk’igihugu no gukorera abantu ibya mfura mbi. Minisitiri w’Intebe Sir Keir Starmer uyobora Ubwongere...
Ubuyobozi bwa Côte d’Ivoire bwanzuye ko ingabo z’Ubufaransa ziva muri iki gihugu. Byavuzwe na Perezida Alassane Ouattara mu ijambo rirangiza umwaka rigatangiza undi yaraye agejeje ku baturage be. Out...
Ku wa Mbere taliki 18, Ugushyingo, 2024 mu Murwa mukuru w’Ububiligi, Brussels, ahari icyicaro cy’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi hazabera inama yo kwemerera u Rwanda guhabwa Miliyoni € 20 yo gukoresha m...









