Mu gihe runaka kiri imbere, Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC), irateganya kuzamurikira rubanda urubuga rw’ikoranabuhanga ruzajya rukoreshwa mu kumenya abaturage bakeneye inkunga. Ni mu rweg...
Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi yasohoye amabwiriza mashya agenga gahunda ya Girinka Munyarwanda. Girinka ni uburyo Leta y’u Rwanda yatangije bugamije ko buri rugo rw’Umunyarwanda ufite ubushobozi ru...
Mu Murenge wa Nyange mu Karere ka Ngororero hari abaturage bavuga ko bakoze biteza imbere bityo ko ubuyobozi bw’aka Karere bwabavana mu Cyiciro cya Mbere cy’Ubudehe bakajya mu cya Gatatu. Minisitiri w...
Catherine Russell usanzwe uyobora Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana yahuye na Madamu Jeanette Kagame baganira uko ubufatanye hagati ya Imbuto Foundation na UNICEF bwakomeza hagamijwe gutum...
Mu Murenge wa Nyarusange haravugwa inkuru y’umusore w’imyaka 19 wagwiriwe n’ikirombe ari kumwe na bagenzi be, bo bashobora kuhivana ariko we kugeza ubwo Taarifa yandikaga iyi nkuru yari atarakurwamo. ...
Umwe mu bashyira abaturage batuye mu byiciro by’Ubudehe bivuguruye avuga ko kimwe mu bibazo bari guhura nabyo ari uko hari abaturage bavuga ko nta butaka bafite kandi bafite nka are ebyiri, eshanu, ic...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere ry’inzego z’ibanze(Local Administrative Entities Development Agency, LODA) gitangaza ko guhera kuri uyu wa Gatanu taliki 04 kugeza ku Cyumweru taliki 06, Ukuboza,...






