Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yabwiye abahanga mu by’ubukungu bateraniye mu nama mpuzamahanga iri kubera mu Rwanda ko urubyiruko rw’Afurika rukwiye guhabwa ubumenyi rukeneye kugira ngo rube...
Guverinoma y’u Rwanda yagiranye amasezerano na Repubulika ya Guinée y’ubufatanye mu bwikorezi bwo mu kirere, ubukerarugendo n’ubucuruzi. Mu isinywa ry’aya masezerano u Rwanda rwari ruhagarariwe n’Umun...
Urubuto rw’avoka ruri mu mbuto u Rwanda rusanzwe rwohereza hanze yarwo ariko kuri uyu wa Kane taliki 26, Ukwakira, 2023 nibwo bwa mbere rwohereje uru rubuto mu Buholandi. Ni igikorwa cya Guverinoma y’...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi ushinzwe ubutwererane bw’Akarere (Rtd) Gen James Kabarebe yatangarije Abasenateri ko inzego z’u Rwanda zakumiriye ko abantu 400 biganjemo a...
Mu Ijambo Ambasaderi w’u Rwanda mu Bushinwa James Kimonyo yagejeje ku bitabiriye Inama mpuzamahanga y’uburyo u Bushinwa bukorana n’inshuti zabwo ubucuruzi bukoresha ikoranabuhanga, yavuze ko u Rwanda ...
Ubuyobozi bw’Urugaga nyarwanda rw’abakozi, CESTRAR, buvuga ko bikwiye ko mu nama mpzamahanga ziga ku mategeko agenga abakozi, imibereho myiza yabo mu ngeri zose, bazajya bahagararirwa, bakazitangamo i...
Umuyobozi wungirije w’Inama y’Ubucuruzi mu Muryango w’Afurika y’Uburasirazuba( East African Business Council, EABC) Denis Karera asaba urubyiruko rw’u Rwanda gutekereza imishinga mizima yo guterwa ink...
Ibiro by’Umukuru w’igihugu byatangaje ko Perezida Kagame Paul yaraye yakiriye abayobozi muri Bank of Kigali barimo n’Umuyobozi Mukuru w’Inama y’Ubutegetsi yayo witwa Philippe Prosper. Perezida Kagame ...
Minisitiri Jean-Chrysostome Ngabitsinze ushinzwe ubucuruzi mu Rwanda avuga ko kugira ngo igihugu gitere imbere mu buryo burambye ari ngombwa ko kigira inganda zikora byinshi. Icyo gihugu gikenera bike...
Perezida wa Uganda Yoweli Museveni yakiriye mu Biro bye mugenzi we uyobora Kenya witwa William Ruto uri mu ruzinduko rwe rwa mbere akoreye muri Uganda kuva yaba Perezida. Itangazo ryo mu Biro bya Pere...









