Banki Nkuru y’u Rwanda ibinyujije kuri X yatangaje ko ikigo cyitwa Super Free to Trade Ltd (STT) kidafite uburenganzira bwo gutanga serivisi z’imari n’ubucuruzi bw’amafaranga ku isoko ry’u Rwanda. Yab...
Mu Rwanda hari kubera inama yahuje abashoramari bo mu Rwanda na bagenzi babo bo muri Zimbabwe ngo barebere hamwe uko ubucuruzi hagati ya Kigali na Harare bwakongerwamo imbaraga. Ni Inama yiswe Rwanda-...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr. Vincent Biruta na mugenzi we wa Tanzania witwa January Yusuf Makamba baraye bagiranye ibiganiro byavugiwemo ko hari umupaka wundi uhuza ibihugu byombi u...
Uwo ni Kizungu Claude w’imyaka 39 y’amavuko ufite ubwenegihugu bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo ufungiwe i Rusizi nyuma yo gufatwa akurikiranyweho gucuruza amahembe y’inzovu. Aherutse gufatanwa i...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr. Vincent Biruta yasinyanye na mugenzi we wa Namibia Jenelly Matundu amasezerano y’ubufatanye mu bucuruzi, mu zindi nzego z’ubukungu ni mu guhanahana amak...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Dr. Vincent Biruta ari kumwe n’Umuyobozi wungirije wa RDB bari baganiriye n’abayobozi bo muri Libya ngo barebe uko u Rwanda rwakorana n’iki gihugu. Libya ni igihugu gi...
Umunyamabanga wa Leta y’Ubwongereza ushinzwe ubucuruzi John Humphrey avuga ko Leta ya London ishaka ko u Rwanda ruhinduka irembo ribuhuza n’Afurika kandi Abanyafurika nabo bakabona uko bakorana nabwo ...
Kagame yakiriye mu Biro bye Lord Dolar Popat uyu akaba ari umujyanama wa Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Rishi Sunak ushinzwe ubucuruzi. Uyu munyacyubahiro ari mu Rwanda mu rwego rwo kwitabira Inama...
Itsinda ry’abashoramari bo mu Rwanda ruri muri Pakistan mu rugendo rugamije kuganira na bagenzi babo b’i Islamabad ahashorwa imari. Baganiriye na bagenzi babo bihurije Ihuriro ryiswe Lahor...
Byose byatangiye mu mwaka wa 2018 ubwo Manda ya Uhuru Kenyatta (yari iya nyuma kuko zose zarangiye mu mwaka wa 2022) yatangiraga. Icyo gihe uyu mugabo yari afite umugambi wo gushakira Kenya isoko rini...









