Ku rukuta rwayo wa X, Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda yatangaje ko guhera kuri uyu wa Mbere tariki 06, Mutarama, 2025, abacuruzi bohereza ibicuruzwa hanze batazongera kwakwa icyangombwa cyabyo kerets...
Hari abacuruzi bavuga ko iyo ibicuruzwa bisabwe gucishwa mu bigo bitandukanye ngo bisuzimirwe ubuziranenge, bituma bitinda kwemererwa gushyirwa ku isoko, bigakerereza umucuruzi ndetse n’umuguzi bikamu...
Madamu Einat Weiss ni Ambasaderi wa Israel mu Rwanda. Yaje muri izi nshingano asimbuye Dr. Ron Adam. Si mu Rwanda ahagarariye inyungu za Yeruzalemu gusa ahubwo anazihagarariye mu Burundi. Aharutse guh...
Ikigo cy’imisoro n’amahoro (RRA) cyatangarije abasora bose batumiza ibintu mu mahanga n’abakora amasoko ya Leta ko igihe cyo gusaba icyemezo cy’ubudakemwa kitwa Quitus Fiscal cy’umwaka wa ...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare mu Rwanda cyatangaje ko ibiciro ku masoko mu Ugushyingo 2024 byazamutse ku kigero cya 5% ugeraranyije n’uko byari bimeze mu Ugushyingo 2023. Mu kwezi kwaban...
Kuri uyu wa Gatanu kuri umwe mu myaro yo ku kiyaga cya Kivu ku ruhande rw’Akarere ka Rubavu hazatahwa icyambu kizajya cyakira imizigo ifite uburemere bwa Toni 700,000 mu gihe cy’umwaka. Ni...
Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda Prudence Sebahizi yatangaje ko mu mwaka wa 2035 buri muturage azinjiza $ 5,000 ku mwaka. Ubu yinjiza $ 1,000. Minisitiri Sebahizi avuga ko biri mu rwego rwo kugera ku ...
Minisitiri w’Intebe wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo Judith Suminwa yahuye na mugenzi we wo mu bwami bwa Maroc witwa Aziz Akhannouch baganira uko Kinshasa yarushaho gucuruzanya na Rabat. Baganiri...
Perezida wa Amerika watowe Donald Trump yatangaje ko natorwa azashyiraho imisoro iri hejuru ku Bushinwa, kuri Mexique no kuri Canada. Yemeza ko ibyo biri mu bya mbere azakora akigera mu Biro. Trump av...
RwandAir yatangije ingendo z’indege itwara imizigo mu Murwa mukuru wa Zimbabwe ari wo Harare. Kuri X, ubuyobozi bwa RwandAir bwanditse ko iyo ari intambwe itewe kandi ari n’uburyo bwo kunoza imi...









