Abacururiza mu gasenteri k’ubucuruzi kari mu Kagari ka Ndatemwa mu Murenge wa Kiziguro mu Karere ka Gatsibo baratabaza inzego ngo zibabarize uruganda Gatsibo Rice Company Ltd impamvu rudakora imiyobor...
Michelle Umurungi ushinzwe imishinga y’ishoramari rikorerwa mu Rwanda mu Kigo cy’igihugu cy’iterambere, RDB, yabwiye abitabiriye Inama Nyafurika yiswe Africa Business Heroes Summit iri kubera mu Rwand...
Taarifa Rwanda yabwiwe n’ubuyobozi bwa Sendika y’abacukura amabuye y’agaciro ko, muri rusange, babayeho nabi cyane. Nk’ubu abangana na 19% nibo bahemberwa ukwezi mu buryo buhor...
Mu rwego rwo kongerera imbaraga uruhande ruhanganye na M23, igisirikare cy’Uburundi cyohereje muri Kivu y’Amajyepfo izindi batayo enye. Ni abasirikare bagera ku bihumbi bine(4000) kuko batayo ahanini ...
Kuri uyu wa Kane mu Rwanda hageze itsinda ry’abanya Arabie Saoudite baje kureba ahari amahirwe yo gushoramo imari. Bayobowe na Hassan Alhwaizy usanzwe uyobora Ihuriro ry’abacuruzi bo mu bwami bwa Arab...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri nibwo Perezida Paul Kagame yaraye ageze Qatar mu ruzinduko rw’akazi. Ku kibuga mpuzamahanga cya Doha yakiriwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Qatar, Dr. Ahmed ...
Abitabiriye imurikagurisha ryatangiye kuri uyu wa Gatandatu rimurikirwamo ibikorerwa i Kigali n’ibikorerwa i Kampala riri kubera muri uyu Mujyi bavuga ko ubu bucuruzi bukwiye kugezwa ku rundi rwego, b...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yaraye ahuye na mugenzi we uyobora Nigeri Bora Tinubu baganira uko umubano w’ibihugu byombi bakomeza kandi ukagurirwa no mu zindi nzego. Bombi bihuriye i Abu Dhabi m...
Kuri iki Cyumweru umuyobozi w’Intara ya Oromia, iyi ikaba Intara nini kurusha izindi zigize Ethiopia, witwa Shimelis Abdisa yaraye yakiriwe na Perezida Paul Kagame baganira ku mubano u Rwanda rwagiran...
Muri Mutarama, 2024 Leta y’Uburundi yanzuye ko ifunze imipaka yose yo k’ubutaka ibuhuza n’u Rwanda. Mu gihe cy’umwaka umwe, ibi bimaze guhombya u Rwanda Miliyoni $2 zirenga bitewe no gukumira ib...






