Minisitiri w’ibikorwaremezo Dr. Jimmy Gasore, ubwo yasobanuraga iby’impinduka ku biciro ku bikomoka kuri Petelori byaraye bitangajwe, yavuze ko impamvu bitangazwa buri mezi abiri ari uko ari cyo gihe ...
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’Ubushinwa Wang Yi ari mu Burayi mu ruzinduko rw’iminsi irindwi azaganiriramo na bagenzi be uko Beijing yarushaho gucuruzanya n’Abanyaburayi. Ababisesengura bavuga ko...
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere, RDB, ku bufatanye na IREMBO babwiye abacuruzi ko bashyiriweho uburyo bwo gusora, kwandikisha ubucuruzi n’ibindi bakenera, bakabik...
Iki kibazo Taarifa Rwanda yakibajije Umuvugizi w’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, Dr. Thierry B.Murangira. Yasubije ko uru rwego ruri kubishyira ku murongo ngo uwo muhigo utangire gushyirwa mu...
Soraya Hakuziyaremye uyobora Banki nkuru y’u Rwanda avuga ko iki kigo kigiye gutangira kugura zahabu ikabikwa nk’ubwizigame nk’uko andi madovize abikwa. Amadovize akomeye kurusha ayandi ku isi ni amad...
Prof. Jean Chrysostome Ngabitsinze wigeze kuba Minisitiri w’inganda n’ubucuruzi yemejwe ko aba Umunyamabanga Mukuru wungirije w’Umuryango w’Abibumbye, UN. Yatorewe kandi kuba P...
Minisitiri w’Inganda n’Ubucuruzi Prudence Sebahizi avuga ko aherutse kuganira na bagenzi be bo mu bihugu by’Afurika bemeranya ku ngamba zizafasha ibihugu byabo guhangana n’izamurwa rya 10% riherutse g...
Umuhanga mu by’ubukungu, Teddy Kaberuka, avuga ko izamura ry’imisoro ku bicuruzwa biva hanze byinjira muri Amerika rizagira ingaruka ku bukungu bw’isi muri rusange. Atangira asobanura ko buryo mu miha...
Sosiyete Sivile muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo ivuga ko hari abasirikare bakorera ahitwa Watalinga muri Teritwari ya Beni muri Kivu ya Ruguru bagurisha muri Uganda igihingwa cya cacao mu bury...
Indonesia, Taiwan na Israel ni bimwe mu bihugu biri kuganira n’ubutegetsi bwa Donald Trump ngo harebwe uko bwagabanya urwego rw’imisoro bwabishyiriyeho. BBC ivuga ko ibihugu 50 ari byo bir...









