Guverinoma y’u Burundi n’iya Nigeria birateganya kwagura ubufatanye mu bucuruzi, uburezi, ikoranabuhanga n’ubukerarugendo. Ibihugu byombi bizasinya amasezerano y’ubufatanye bwagutse muri iri nzego mur...
Ayo masezerano ni amasezerano y’ubucuruzi buhuza ibihugu by’Afurika yiswe Intercontinental Free Trade Area( AfCTA). Ubwo Perezida Evariste Ndayishimiye yari mu Burundi, hakazamuka igitekerezo cy’ubuc...
Kitwa Gombo. Kitanga serivisi zo kugeza ku bantu ibicuruzwa bakeneye cyane cyane imboga n’imbuto. Umwihariko wa Gombo ni uko isanga abahinzi aho bari kubisarura, ikabirangura ikabigeza ku babishaka b...
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB) rwasabye abaturarwanda kutajya mu bucuruzi bw’amafaranga y’uruhererekane buzwi nka ‘Pyramid Scheme’ burimo gukorerwa kuri murandasi, kuko butemewe n’ama...
Nyuma y’igihe gito arahiriye kuyobora Tanzania, Madamu Samila Suluhu Hassan yasuye Kenya, ruba urugendo rwe rwa mbere akoreye muri kiriya gihugu. Kenya na Tanzania nibyo bihugu by’ibicyeba mu by’ubuku...
Perezida wa Repubulika ya Centrafrique Faustin-Archange Touadéra yakiriye itsinda ry’abikorera bo mu Rwanda, abizeza kuborohereza ku bucuruzi bashobora gukorera muri icyo gihugu. Touadéra amaze ...
Kubera umwenda uremereye cyane bifitiye u Bushinwa, ibihugu bimwe by’Afurika byatanze umutungo wabyo kamere ho ingwate ngo u Bushinwa buzawiyishyure. Aka wa mugani w’Abanyarwanda ngo’ Ukena ufite itun...
Mu Muryango mpuzamahanga w’ubucuruzi, World Trade Organization ( WTO) hari impaka zikomeye zo kumenya niba ibindi bihugu[bitari ibisanganywe inganda zikora inkingo za COVID-19] nabyo byemerewe kuzikor...
Madamu Ngozi Okonjo-Iweala kuri uyu wa Mbere tariki 01, Werurwe, 2021 yakiriwe na bagenzi be bagiye gukorana mu Muryango ushinzwe ubucuruzi ku Isi, World Trade Organization. Ikicaro cy’uyu muryango ki...
Iri duka ricuruza ikawa n’ibindi binyobwa riherereye hafi y’Ikicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda mu Murenge wa Kacyiru mu Karere ka Gasabo. Ingamba zo kwirinda ikwirakwira rya COVID-19 zarigizeh...









