Ubwo yagiraga icyo abazwa ku izamuka ry’ibiciro rimaze iminsi ku isoko ry’u Rwanda harimo n’igiciro cy’isukari, Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda Béatha Habyarimana yavuze ko ku byerekeye isukari, im...
Nyuma y’ibiganiro byagiye bitangirwa ariko bigapfuba, hari amakuru avuga ko inzego z’ubucuruzi hagati ya Kenya na Uganda zigiye gusubukura ibiganiro ku buhahirane bw’amata. Ni ibiganiro biteganyijwe g...
Imibare itangazwa n’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe ibarurishamibare, NISR, ivuga ko mu ntangiriro z’uyu mwaka(muri Mutarama, 2022) ibiciro byazamutse bikaba bigeze ku kigero cya 4.3% mu gihe umwaka ushi...
Leta ya Kenya yasinyanye n’iy’u Bushinwa amasezerano y’uko izajya ibwoherereza amafi. Ni amasezerano yasinywe kuri uyu wa Kane hagati ya Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Bushinwa uri muri Kenya w...
Imibare yaraye itangajwe na kimwe mu bigo bya Kenya bikora ibarurishamibare, yerekana ko ibyo iki gihugu gitumiza muri Tanzania byazamutse cyane kurusha ibyo koherezayo. Ni imibare yasesenguwe guhera ...
Abacuruzi bo muri Tanzania bahaye Perezida wabo Nyakubahwa Samia Suluhu Hassan urutonde rw’ibyo bifuza ko yaza kuganira na mugenzi we uyobora u Rwanda, Nyakubahwa Paul Kagame. Bimwe muri byo kunoza im...
Muri iki gihe hari ababona umubano w’u Bushinwa n’Afurika bakibwira ko utangiye vuha aha, aho u Bushinwa batangiriye kurya isataburenge Amerika mu by’ubukungu. Si byo kuko iyo urebye usanga waratangir...
U Bushinwa na Australia bimaze igihe birebana ay’ingwe. Ni ibihugu biri mu bifite ubukungu buhagaze neza ariko muri iki gihe ubw’Australia bumerewe nabi kubera ikomanyirizwa yafatiwe n’u Bushinwa ku b...
Dr Kirabo Kacyira Aissa uhagarariye u Rwanda muri Ghana yashimye abatuye ba kiriya gihugu ko bakunda ubukerarugendo ariko abasaba kurushaho kuko ari ingenzi mu guteza imbere igihugu cyabo. Yabivugiy...
Abanyemari b’Abanyarwanda bari muri Ghana mu ruzinduko rw’iminsi irindwi biga uko bashora imari muri kiriya gihugu kiri mu bikize kuri Petelori kurusha ibindi mu gace giherereyemo ndetse no ku mabuye ...









